• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in Regional Politics
0
M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce two muri teritware ya Masisi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15/05/2024, aho ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryari ryagabye ibitero bikaze kuri M23 n’ahatuwe n’abaturage benshi.

Ibi bitero byari byagabwe mu gace ka Vitshumbi, Rwindi, Kibirizi no mu nkengero zaho, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.

Yagize ati: “Turifuza kumenyesha abantu ko kuva mu gitondo cya kare, ubufatanye bwa gisirikare bw’u butegetsi bwa Kinshasa, bugizwe na FARDC, FDLR, Wazalendo ingabo z’u Burundi n’iza SADC, bagabye ibitero mu bice bituwemo n’abaturage, aribyo Kikuku, Kibirizi, Vitshumbi, Rwindi ndetse no mu bice bihakikije.”

Lawrence Kanyuka yakomeje avuga ko umutwe wa M23 umenyesha akarere ndetse n’isi yose by’u mwihariko imiryango itabara imbabare, ko ibi bitero bikomeje guhitana ubuzima bw’inzirakarengane z’abasivile.”

Nk’uko umutwe wa M23 wakunze kubivuga, uvuga ko uzakomeza kwirwanaho no kurinda ubuzima bw’abasivile n’ibyabo.

Muri iyo mirwano M23 yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, ibikoresho birimo imbunda ziremereye ndetse n’izindi zito.

Ibi byanemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, aho yagize ati: “Nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa zigerageje kuturasaho ibisasu bidasobanutse muri Vitshumbi, Rwindi Kibirizi, Kikuku n’ahandi, umwanzi yahise yinjira mu gihirahiro, bituma ata ibikoresho byinshi bya gisirikare, maze M23 irabifata.”

Herekanwe n’amashyusho agaragaza imbunda M23 yafashe wabonaga ari ibibunda Byinshi batondesheje ku murongo, izindi wabonaga zirunzwe ahantu ndetse hafashwe n’amasasu.

Si ibikoresho M23 yafashe gusa, kuko hari n’ibindi bice yafashe harimo agace ka Mulema na Luke, kandi yongera no kwirukana iri huriro ry’ingabo za RDC muri utwo duce twose ryari ryagabyemo ibyo bitero.

      MCN.
Tags: IbamburaIbikoresho by'agisirikareIhuriro rw'ingabo za leta ya KinshasaM23Yababaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Kane, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryakijweho umuriro w’imbunda za M23.

Kuri uyu wa Kane, ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryakijweho umuriro w'imbunda za M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?