• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in World News
0
Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo umusirikare wa FARDC yakoze ibisa nkaho yarwaye bituma akanga abaturage.

You might also like

Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari

Gunfire Disrupts Major Washington Event Attended by President Trump

Igitero cy’abitwaje imbunda cyahungabanyije ibirori bikomeye i Washington byari byitabiriwe na Perezida Trump

Ni ahagana isaha z’umugoroba zo kuri uyu wa Gatatu, n’ibwo umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ukorera ahitwa Kukavumu ho muri Bibogobogo, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarashe amasasu menshi akanga abaturage baturiye ibyo bice.

Minembwe Capital News yabwiwe n’abaturage baturiye ibyo bice ko uwo musirikare yazamutse hejuru mu Karango kitegeye umuhana utuyemo Abanyamulenge ararasa amasasu menshi abaturage nabo bayoberwa ibibaye.

Yarashe amasasu yose yari muri magazine arashira afatira indi.

Mu gihe abaturage bari batangiye kwibaza ibibaye; uwarasaga yaje gufatwa n’abandi basirikare bari kumwe n’abasivile bamubajije icya muteye kugira ngo arase ayo masasu yakanze abaturage, undi nawe yasubije ko yari kwarasa “amapepo.”

Yagize ati: “Ndi kurasa amapepo, amapepo yateye ikirere.”

Banavuze ko uyu musirikare yaje kuvanwa Kukavumu yoherezwa ahari Regima ya FARDC muri Bibogobogo.

Abaturage bakomeje bavuga ko icyo batazi n’uko uyu musirikare yoba yafunzwe cyangwa yajanwe kwa muganga kugira ngo yitabweho.

Ibyo bibaye mu gihe muri ibi bice hagize igihe havugwa ko hari mu kugaragara Maï Maï, aho bikekwa ko baturutse mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira. Kimweho hari n’abavuga ko baje bava mu Lulenge ahari ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR.

        MCN.
Tags: BibogobogoUmusirikare wa FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari

Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, igitero cy’umuntu witwaje imbunda yo mu bwoko...

Read moreDetails

Gunfire Disrupts Major Washington Event Attended by President Trump

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Gunfire Disrupts Major Washington Event Attended by President Trump

Gunfire Disrupts Major Washington Event Attended by President Trump On the night of Saturday leading into Sunday, April 26, 2026, a major event known as the White House...

Read moreDetails

Igitero cy’abitwaje imbunda cyahungabanyije ibirori bikomeye i Washington byari byitabiriwe na Perezida Trump

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro

Igitero cy’abitwaje imbunda cyahungabanyije ibirori bikomeye i Washington byari byitabiriwe na Perezida Trump Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri iki Cyumweru, tariki ya 26/04/2026, ibirori bikomeye bizwi nka...

Read moreDetails

Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro

by Bahanda Bruce
April 25, 2026
0
Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro

Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro Amakuru aturuka mu bitangazamakuru mpuzamahanga aravuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yafashe...

Read moreDetails

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere Amakuru ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko nyuma y’uko Iran...

Read moreDetails
Next Post
M23 yongeye kubabaza ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n’ibikoresho byinshi by’agisirikare, ifata kandi n’utundi duce.

M23 yongeye kubabaza ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ina ryambura n'ibikoresho byinshi by'agisirikare, ifata kandi n'utundi duce.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?