• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Burundi bamaganye perezida Evariste Ndayishimiye.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2025
in World News
0
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.
131
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burundi bamaganye perezida Evariste Ndayishimiye.

You might also like

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Amashirahamwe y’Abarundi atandukanye akorera imbere mu gihugu cy’u Burundi, yumvikanye ari kwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu kubijanye n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho ingabo z’iki gihugu cyabo zoherejwe kurwanya umutwe wa M23.

Ni amashirahamwe arimo CAPES+, FOLUCON.F na ACOPA Burundi, ishinzwe guharanira amahoro n’umutekano mu Burundi, n’ayandi yafashe iya mbere mu kwamagana intambara ingabo z’iki gihugu cyabo zoherejwemo muri RDC gufasha igisirikare cy’iki gihugu (FARDC) ku rwanya M23.

Nk’uko bamwe mubayoboye ayo mashirahamwe babyiganiye itangaza makuru, bumvikanye bavuga ko batewe impungenge n’iriya ntambara iri kugenda isatira u Burundi, ngo nk’uko umukuru w’igihugu cyabo aheruka kubitangaza; akaba yaravuze ko u Rwanda runyuze muri m23 na Red-Tabara, rushobora gutera igihugu cyiwe.

Aya mashirahamwe kandi yashinje u Rwanda kuba inyuma y’umutwe wa M23.

Uwitwa Isaac Bakanibona ubwo yavuganaga n’ijwi ry’Amerika, dukesha iyi nkuru yagize ati: “Tubabajwe n’abantu barimo gupfira mu ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa RDC, kandi dusaba perezida Evariste Ndayishimiye kutivanga muri iriya ntambara.” Undi wo muri aya mashirahamwe witwa Kwizera Privat, yagize ati: “Ishirahamwe ryacu rya FOLOCON.F, mbereye umuvugizi, rifite amakuru ko u Rwanda ruri inyuma y’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.” Kwizera yahise asaba ibihugu bindi gukora iyo bwakabaga bikarangiza iriya ntambara.

Ishyaka rya MSP rikorera mu Burundi ryatangaje ko badakekeranya ko intambara irimo kubera muri Kivu y’Amajy’epfo izahava yerekeza mu Burundi. Umunyamabanga mukuru w’iryo shyaka, Juma Omar avuga ko biteguye gufasha umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye mu gukumira ibitero byakwibasira iki gihugu cyabo bivuye muri RDC.

Muri iki gihugu cy’u Burundi, abategetsi bacyo benshi bagiye bashinja u Rwanda kuba inyuma y’umutwe wa M23 uheruka kwirukana muri Goma, ihuriro ry’ingabo rigizwe n’ingabo z’u Burundi, iza RDC, Wazalendo na FDLR.

Iz’i ngabo z’u Burundi zari zaroherejwe muri RDC gufasha igisirikare cyayo kurwana no kurinda imijyi irimo Goma, Sake, Minova na Bukavu, ibyo bice bikaba biheruka gufatwa n’uyu mutwe usibye Bukavu, ariko nayo ikaba yegerejwe gufatwa.

Kimwecyo, u Rwanda ruhakana gutera inkunga iya ri yo yose umutwe wa M23, hubwo rugashinja Leta y’u Burundi n’iya Congo Kinshasa, gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Ndetse kandi imiryango mpuzamahanga ikomeye, yagiye isaba u Rwanda guhagarika gutera inkunga umutwe wa M23, ariko kandi ikanasaba Leta ya Kinshasa kureka ubufatanye ubwo ari bwo bwose igirana n’umutwe wa FDLR.

Hagataho, intambara iri kwerekeza mu nkengero z’ikibuga cy’indege cya Kavumu, giherereye mu birometero 40 uvuye mu mujyi wa Bukavu, ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Iyi ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ikaba ari yo ihana imbibi n’igihugu cy’u Burundi unyuze Uvira no mu Gatumba.

Tags: AmashirahamweBurundiEvariste NdayishimiyeIntambaraRdc
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails
Next Post
Umutekano w’ikibuga cy’indege cya Minembwe wakajijwe.

Umutekano w'ikibuga cy'indege cya Minembwe wakajijwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?