• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano w’ikibuga cy’indege cya Minembwe wakajijwe.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2025
in Regional Politics
0
Umutekano w’ikibuga cy’indege cya Minembwe wakajijwe.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano w’ikibuga cy’indege cya Minembwe wakajijwe.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC) cyarushijeho kongera umubare w’ingabo zacyo ku kibuga cy’indege cya Minembwe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ingabo za FARDC nyinshi, Wazalendo na FDLR, ku mu goroba w’ahar’ejo boherejwe ku kibuga cy’indege cya Minembwe giherereye ku Kizaba.

Aka gace ka Kiziba karimo iki kibuga cy’indege, kari gasanzwe karebwa n’ i batayo imwe y’ingabo za Leta.

Mu busanzwe batayo imwe y’ingabo z’iki gihugu iba irimo abasirikare bari hujuru ya 300.

Iyi batayo ikambi yayo, yubatse iruhande rw’umuhana wa Kiziba, uherereyemo itorero rya Free Methodist, riyobowe na Surtandant Bitebetebe.

Iyi nkuru rero ikaba ivuga ko aba basirikare bongerewe cyane n’ubwo umubare wabahoherejwe utazwi neza. Ariko ko bahise bazenguruka iki kibuga cy’indege mu buryo budasanzwe. Kandi ko atari FARDC gusa yahoherjwe, hubwo ko hajanwe na Wazalendo na FDLR.

Umuturage uri muri aka gace yahaye Minembwe.com ubutumwa bwanditse bugira buti: “Katanyama yakajije umutekano kubyo gucyunga ikibuga cy’indege cya Minembwe. Uhereye ejo hashize, ingabo nyinshi na FDLR ndetse na Wazalendo boherejwe kuri iki kibuga, ndetse kandi no ku mugoroba haza abandi nabo benshi.”

Ubu butumwa bw’uyu muturage bunagaragaza ko hari abandi basirikare baturutse muri Madegu centre bajabuka i Lundu ahari amarango yitegeye iki kibuga cy’indege, bahageze bashinga ibibunda binini.

Ati: “Igihe cy’umugoroba w’ejo hashize, abasirikare bavuye mu Madegu centre baja i Lundu bageze kuri rya Rango ryo kwa Buhimba ry’itegeye ku Kiziba bahashinga ibibunda binini.”

Ibyo bibaye mugihe mu mpera zakiriya cyumweru gishize, mu Minembwe hisutse abasirikare benshi, aho baje baturutse mu bice by’i Baraka na Uvira.

Bikavugwa ko baje kurinda aka gace kugira ngo ntigafatwe na Twirwaneho iyo bashinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23 uheruka gufata umujyi wa Goma, ndetse kandi ukaba uri kwerekeza mu gufata n’umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.

FARDC mu Minembwe nyuma y’uko itangiye kwifatanya n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, MaĂŻ-MaĂŻ n’indi, igahita itangira kugaba ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge. Nibwo yatangiye kurebana nabi na Twirwaneho, ndetse igenda iyishinja kurwanya ingabo z’iki gihugu, nubwo ataribyo.

Ubundi Twirwaneho yabayeho mu rwego rwo kugira ngo irinde Abanyamulenge n’ibyabo, mu gihe bagabwaho ibitero bya MaĂŻ-MaĂŻ kubufasha bw’ingabo za FARDC bigamije kubangaza no kubarimbura, ndetse no kunyaga Inka zabo, nk’uko byagiye bigaragazwa n’inzobere nyinshi zo mu Banyamulenge.

I Komine ya Minembwe ituwe n’Abanyamulenge benshi, irebwa na brigade y’ingabo z’iki gihugu ya 21, icyicaro gikuru cyayo kiri muri centre ya Minembwe. Iyi brigade ifite rejima zibiri imwe iri i Gakenke indi ikaba i Lundu.

Si kibuga cy’indege cya Minembwe gusa, umutekano wacyo wakajijwe, kuko ni cya Kavumu kiri hafi n’i Bukavu, FARDC yagishinzemo ibirindiro bikomeye by’ingabo zayo. Bikavugwa ko ari naho Lt.Gen. Pacifique Masunzu aherereye. Aha ni nyuma y’uko umutwe wa M23 ugeze mu ntera y’ibirometero 25 uvuye kuri iki kibuga cy’indege.

Tags: FardcIkibuga cy'indegeMinembweTwirwanehoUmutekano
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Amasasu Fardc yaraye irasa mu Mikenke menya ukwayo.

Inama yakozwe na FARDC y'ikuba gahu, yatumye mu Minembwe haba ubwoba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi MaĂŻ MaĂŻ Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?