• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in Regional Politics
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

You might also like

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

Ubukungu bw’igihugu cy’u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho n’ibura ry’amadivize, kandi ari nk’abyo moteri ry’iterambere ry’igihugu, gusa uyu mukuru w’iki gihugu we avuga ko biri kugenda neza.

Mbere y’uko Ndayishimiye ajya ku butegetsi mu mwaka wa 2019, umusaruro mbumbe w’u Burundi wari uhagaze kuri miliyari 2,58 z’amadolari y’Amerika nk’uko imibari ya banki y’isi ibyerekana. Icyo gihe, impuzandengo y’amafaranga Umurundi yinjizaga ku mwaka yari amadolari 210.

Mu mwaka wa 2020 ni bwo rero Ndayishimiye yagiye ku butegetsi, asimbuye Peter Nkurunziza wapfuye muri icyo gihe, ubukungu bw’iki gihugu bwazamutseho gato, bugera kuri miliyari 2,65 z’amadolari.

Mu 2021, na bwo ubukungu bw’iki gihugu bwabaye nkubuteraho imbere, bugera ku musaruro mbumbe wa miliyari 2,78 z’amadolari, mu mwaka wa kurikiyeho bwarushijeho kwiyongera kuko bwageze kuri miliyari 3,34 z’amadolari ubwo imiryango mpuzamahanga yabukuriragaho ibihano yabufatiye.

Icyo gihe Abarundi batangiye kwizera Ndayishimiye ko agiye gukora amateka mu gihugu cyabo, ariko icyizere nticyamaze kabiri, maze ubukungu bw’iki gihugu bwongera kurindimuka mu 2023, bugera kuri miliyari 2,63 z’amadolari.

Mu 2024, Banki y’isi yerekana ko ubukungu bw’iki gihugu cy’u Burundi yageze ahantu habi cyane, aho butigeze kugera kuva iki gihugu cyabona ubwingenge, kuko umusaruro mbumbe wabwo wageze kuri miliyari 2,16 z’amadolari. Amafaranga Umurundi yinjiza na yo yaragabanutse, agera ku madolari 153,9 ku mwaka.

Ariko Ndayishimiye we yemeza ko Abarundi barya bagahaga, mu gihe imibare yo igaragaza impuzandengo y’amafaranga Umurundi yinjiza mu mwaka ushize ijya kungana n’iyo mu mwaka wa 2005, kuko ubwo na bwo yinjizaga 147, icyo gihe iki gihugu cyari kivuye mu gihe cy’intambara.

Ibihano by’ubukungu u Burundi bwari bwarafatiwe biturutse ku ihohoterwa ry’ikiremwamuntu mu gihe cy’umwuka mubi wa Politiki watutumbaga mu 2015 byakuweho, ubwo iki gihugu kiri kujyahe?

Hari ikibazo cy’ibura ry’amadivize n’ibikomoka kuri peteroli ndetse n’izamuka ry’ibiciro gikomeje kuba ingutu mu Burundi, kandi nta kimenyetso kigaragaza ko kizakemuka vuba, ni mu gihe abayobozi bo muri iki gihugu iyo babajijwe uko kizakemuka basubiza basa n’abatabizi.

Ahanini basubiza ko ubukungu bw’iki gihugu cyabo buzazamuka mu gihe bazaba batangiye ibikorwa byo kohereza amabuye y’agaciro mu mahanga na za avoka, ngo ni byo bizatuma amadovize aboneka, mazutu na lisansi na byo biboneke ku bwinshi.

Tags: BurundiUbukungu
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Perezida Paul...

Read moreDetails
Next Post
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b'ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?