• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2025
in Regional Politics
0
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu Burundi bahiye ubwoba nyuma y’aho intambara iri kubera mu burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikomeje kwegera iki gihugu cyabo, byatumye batangira gusaka mu makambi y’impunzi.

Ni ubwoba bwagaragaye mu baturage batuye mu ntara ya Muyinga, Cankuzo na Ruyigi, ari naho igisirikare cy’u Burundi kiri gusaka cyane. Ibyo byabaye mu gihe muri utwo turere habaye urujya n’uruza rw’abasirikare rudasanzwe no kwiyongera kw’imvugo zibiba amacakubiri ashingiye ku moko, abahatuye bakaba bafite impungenge z’umutekano wabo.

Muri izo ntara abaturage bagaragaza ko bafite impungenge ku bijanye n’uko amakimbirane yiyongera mu gihe amatora yegereje. Baramagana ubukana bw’ibivugwa muri iki gihugu hejuru y’intambara ziri kubera muri Congo n’ifungwa ridasanzwe rikomeje gukorerwa Abanye-Congo batuye muri iki gihugu n’Abarundi ubwabo.

Ikindi n’uko mu nkambi z’impunzi z’Abanye-Congo cyane cyane iya Bwagiriza na Nyankanda, ziherereye mu ntara ya Ruyigi. Izi nkambi zikaba zigwiyemo abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, nizo zongerewemo ibikorwa byo gusaka.

Aya makuru dukesha ibinyamamakuru byandikirwa mu Burundi, birimo icya SoS media Burundi, cyasobanuye ko “iri saka ryatewe n’ubwoba bwo kwinjira kw’abarwanyi mu Burundi, aho bahunga intambara muri RDC. Aha hakaba hamaze gusakwa inshuro 2 kuva ukwezi gutangiye kandi abantu batari munsi y’ijana bakaba bamaze gutabwa muri yombi.”

Nyamara kandi inkambi za Kavumu muri Cankuzo na Gasorwe muri Muyinga ngo ntiziteye ubwoba cyane nk’izo muri Ruyigi.

Ariko cyane cyane igihangayikishije abaturage muri ibyo bice by’u Burundi ni urujya n’uruza rw’abasirikare n’imodoka zabo. Amakamyo y’i gisirikare cy’u Burundi aturuka mu ntara zitandukanye ahurira mu nkambi ya gisirikare ya Mutukura muri Cankuzo mbere yo gukomeza inzira zerekeza muri RDC.

Abaturage bahaye ubuhamya SoS media Burundi bayihamirije ko amakamyo y’i gisirikare arenga 30 yanyuze muri iki kigo cya gisirikare kiberamo amahugurwa kuva mu ntangiriro zuku kwezi turimo.

Hagataho, umutwe wa m23 umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Epfo, aribyo bihana imbibi n’u Burundi. Mu cyumweru gishize uyu mutwe wafashe umujyi wa Bukavu, nyuma ufata n’ibindi bice byo muri teritware ya Walungu.
Kuri ubu bivugwa ko waba uri kugana i Uvira ha herereye mu ntera y’i birometero 27 uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Tags: BurundiRdcUmusako
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
“RDC iri hafi guturika,” ibivugwa na Joseph Kabila.

"RDC iri hafi guturika," ibivugwa na Joseph Kabila.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?