• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2025
in Regional Politics
0
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Mu Burundi bahiye ubwoba nyuma y’aho intambara iri kubera mu burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikomeje kwegera iki gihugu cyabo, byatumye batangira gusaka mu makambi y’impunzi.

Ni ubwoba bwagaragaye mu baturage batuye mu ntara ya Muyinga, Cankuzo na Ruyigi, ari naho igisirikare cy’u Burundi kiri gusaka cyane. Ibyo byabaye mu gihe muri utwo turere habaye urujya n’uruza rw’abasirikare rudasanzwe no kwiyongera kw’imvugo zibiba amacakubiri ashingiye ku moko, abahatuye bakaba bafite impungenge z’umutekano wabo.

Muri izo ntara abaturage bagaragaza ko bafite impungenge ku bijanye n’uko amakimbirane yiyongera mu gihe amatora yegereje. Baramagana ubukana bw’ibivugwa muri iki gihugu hejuru y’intambara ziri kubera muri Congo n’ifungwa ridasanzwe rikomeje gukorerwa Abanye-Congo batuye muri iki gihugu n’Abarundi ubwabo.

Ikindi n’uko mu nkambi z’impunzi z’Abanye-Congo cyane cyane iya Bwagiriza na Nyankanda, ziherereye mu ntara ya Ruyigi. Izi nkambi zikaba zigwiyemo abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, nizo zongerewemo ibikorwa byo gusaka.

Aya makuru dukesha ibinyamamakuru byandikirwa mu Burundi, birimo icya SoS media Burundi, cyasobanuye ko “iri saka ryatewe n’ubwoba bwo kwinjira kw’abarwanyi mu Burundi, aho bahunga intambara muri RDC. Aha hakaba hamaze gusakwa inshuro 2 kuva ukwezi gutangiye kandi abantu batari munsi y’ijana bakaba bamaze gutabwa muri yombi.”

Nyamara kandi inkambi za Kavumu muri Cankuzo na Gasorwe muri Muyinga ngo ntiziteye ubwoba cyane nk’izo muri Ruyigi.

Ariko cyane cyane igihangayikishije abaturage muri ibyo bice by’u Burundi ni urujya n’uruza rw’abasirikare n’imodoka zabo. Amakamyo y’i gisirikare cy’u Burundi aturuka mu ntara zitandukanye ahurira mu nkambi ya gisirikare ya Mutukura muri Cankuzo mbere yo gukomeza inzira zerekeza muri RDC.

Abaturage bahaye ubuhamya SoS media Burundi bayihamirije ko amakamyo y’i gisirikare arenga 30 yanyuze muri iki kigo cya gisirikare kiberamo amahugurwa kuva mu ntangiriro zuku kwezi turimo.

Hagataho, umutwe wa m23 umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Epfo, aribyo bihana imbibi n’u Burundi. Mu cyumweru gishize uyu mutwe wafashe umujyi wa Bukavu, nyuma ufata n’ibindi bice byo muri teritware ya Walungu.
Kuri ubu bivugwa ko waba uri kugana i Uvira ha herereye mu ntera y’i birometero 27 uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Tags: BurundiRdcUmusako
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
“RDC iri hafi guturika,” ibivugwa na Joseph Kabila.

"RDC iri hafi guturika," ibivugwa na Joseph Kabila.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?