Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe muri Israel hiteguwe ibitero, perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye leta ya Iran kutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe muri Israel hiteguwe ibitero, perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye leta ya Iran kutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Iran yaburiwe kudatekereza gutera igihugu cya Israel.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, aho yavuze ko leta ya Iran iri gutegura gutera igihugu cya Israel.

Nk’uko bivugwa n’uko Iran yakwihorera ku gitero cy’indege giheruka kugabwa kuri ambasade yayo muri Syria, cyasize gihitanye abasirikare bayo barindwi barimo n’abajenerali babiri, nk’uko byatangajwe na RFI.

Icyo gitero Israel ntiyigeze icyigamba ariko bikekwa kwari Israel yakigabye.

Bamwe mu bayobozi bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika batangaje ko igitero kuri Israel cyegereje.

Kimweho Israel ubwayo yavuze ko yiteguye kwirwanaho haba ari no muburyo bwo kuburizamo igitero cyangwa nayo ikagaba ibitero.

Bivugwa ko igihugu cya Iran gifasha imitwe y’iterabwoba irimo Hamas, ikorera muri Palestine ikaba imaze igihe ihanganye na Israel mu Ntara ya Gaza.

Iran inafasha n’indi mitwe irimo Hezbollah ikorera muri Lebanon.

Israel binyuze ku muvugizi wayo kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko Hezbollah yarashe rockets 40 inakoresha Indege zitagira abapilote igaba ibitero kuri Israel ariko ngo ntawe byagizeho ingaruka.

Ibyo bibaye mu gihe minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu aheruka guhura n’abategetsi bo muri leta ye, baganira ku gitero cyava muri Iran.

Bisanzwe bizwi ko Iran ari gihugu kidacana uwaka na Israel, n’ubwo ari ibihugu bidahana umupaka.

Umukuru w’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yavuze ko Iran igomba kwirinda kurota yagabye ibitero kuri Israel.

Ati: “Musigeho. Twiyemeje kurinda umutekano wa Israel. Tuzafasha Israel. Tuzafasha Israel kwirwanaho. Ntabwo Iran izatsinda.”

Ibyo yabivuze nyuma y’uko yari amaze gutangaza ati: “Mu gihe cya vuba gishoboka Iran yiteguye kugaba igitero kuri Israel.”

      MCN.
Tags: IranIsraelKutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, izuba riva kuri uyu wa Gatandatu, umusirikare wa FARDC yarashe umuturage ahita apfa.

I Goma, izuba riva kuri uyu wa Gatandatu, umusirikare wa FARDC yarashe umuturage ahita apfa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?