• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe muri Israel hiteguwe ibitero, perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye leta ya Iran kutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe muri Israel hiteguwe ibitero, perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye leta ya Iran kutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Iran yaburiwe kudatekereza gutera igihugu cya Israel.

You might also like

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

Ni byatangajwe na perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, aho yavuze ko leta ya Iran iri gutegura gutera igihugu cya Israel.

Nk’uko bivugwa n’uko Iran yakwihorera ku gitero cy’indege giheruka kugabwa kuri ambasade yayo muri Syria, cyasize gihitanye abasirikare bayo barindwi barimo n’abajenerali babiri, nk’uko byatangajwe na RFI.

Icyo gitero Israel ntiyigeze icyigamba ariko bikekwa kwari Israel yakigabye.

Bamwe mu bayobozi bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika batangaje ko igitero kuri Israel cyegereje.

Kimweho Israel ubwayo yavuze ko yiteguye kwirwanaho haba ari no muburyo bwo kuburizamo igitero cyangwa nayo ikagaba ibitero.

Bivugwa ko igihugu cya Iran gifasha imitwe y’iterabwoba irimo Hamas, ikorera muri Palestine ikaba imaze igihe ihanganye na Israel mu Ntara ya Gaza.

Iran inafasha n’indi mitwe irimo Hezbollah ikorera muri Lebanon.

Israel binyuze ku muvugizi wayo kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko Hezbollah yarashe rockets 40 inakoresha Indege zitagira abapilote igaba ibitero kuri Israel ariko ngo ntawe byagizeho ingaruka.

Ibyo bibaye mu gihe minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu aheruka guhura n’abategetsi bo muri leta ye, baganira ku gitero cyava muri Iran.

Bisanzwe bizwi ko Iran ari gihugu kidacana uwaka na Israel, n’ubwo ari ibihugu bidahana umupaka.

Umukuru w’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yavuze ko Iran igomba kwirinda kurota yagabye ibitero kuri Israel.

Ati: “Musigeho. Twiyemeje kurinda umutekano wa Israel. Tuzafasha Israel. Tuzafasha Israel kwirwanaho. Ntabwo Iran izatsinda.”

Ibyo yabivuze nyuma y’uko yari amaze gutangaza ati: “Mu gihe cya vuba gishoboka Iran yiteguye kugaba igitero kuri Israel.”

      MCN.
Tags: IranIsraelKutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

Bikanganye perezida w'u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC Umukuru w'ishyaka rya CNDD mu Burundi, Leonard Nyangoma, yaburiye ubutegetsi bw'iki gihugu cyabo, gucyura Ingabo bwohereje mu ntambara...

Read moreDetails

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y'u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye U Rwanda rwakuriye inzira ku murima inteko ishinga amategeko y'umuryango w'ubumwe bw'u Burayi yarusabye kurekura Ingabire...

Read moreDetails

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC Guverinoma y'u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, izuba riva kuri uyu wa Gatandatu, umusirikare wa FARDC yarashe umuturage ahita apfa.

I Goma, izuba riva kuri uyu wa Gatandatu, umusirikare wa FARDC yarashe umuturage ahita apfa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?