• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, February 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu marembo ya Sake haraye humvikanye urusaku rw’imbunda ninshi, ndetse M23 iravugwaho gufungira abarwana kuruhande rwa Kinshasa i Mihanda.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Mu marembo ya Sake haraye humvikanye urusaku rw’imbunda ninshi, ndetse M23 iravugwaho gufungira abarwana kuruhande rwa Kinshasa i Mihanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mu marembo ya Sake, ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 31/01/2024.

You might also like

“Igisubizo kirambye ku bibazo bya RDC kigomba gushingira ku mizi yabyo ya kera”- Olusegun Obasanjo

Amagambo ya Perezida Évariste Ndayishimiye ku burezi bw’u Burundi akomeje kuvugisha benshi

Afurika harimo na RDC mu Mboni z’Amerika mu Guhangana n’u Bushinwa

Bya vuzwe ko M23 igihe c’amasaha y’igicamunsi cy’ejo k’uwa Gatatu, yakomeje gusatira u Mujyi wa Sake, uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

K’urundi ruhande hari amakuru avuga ko M23 ku mugoroba w’ejo nyine, yafashe agace ka Murambi, maze ifunga Umuhanda wa Rubaya, unyura i Ngugu na i Shasha ukomeza ukaja Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi byabaye mugihe ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa k’u munsi w’ejo hashize, itariki ya 31/01/2024, bari bagabye ibitero biremereye batera ibi bombe muri Localité ya Mushaki, Karuba na Mweso, no mu nkengero zigize ibi bice ibitero bivugwa ko byagize ingaruka mbi ku baturage baturiye ibyo bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru yamejwe n’umuturage uherereye i Sake, bwana Sebiya, aho yabwiye Minembwe Capital News ko Ingabo z’u mutwe wa M23 ko zikomeje gusuzuguza ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ndetse n’Ingabo za SADC.

Sebiya yagize ati: “Ku mugoroba wajoro tw’umvise amasasu menshi hafi na Sake, amasasu yavuze nyuma y’uko M23 yari maze gufata umuhanda wa Rubaya uyihuza na Ngugu.”

Bruce Bahanda.

Tags: M23 yafunze imihandaMu marembo ya SakeUrusaku rw'imbunda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igisubizo kirambye ku bibazo bya RDC kigomba gushingira ku mizi yabyo ya kera”- Olusegun Obasanjo

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
“Igisubizo kirambye ku bibazo bya RDC kigomba gushingira ku mizi yabyo ya kera”- Olusegun Obasanjo

"Igisubizo kirambye ku bibazo bya RDC kigomba gushingira ku mizi yabyo ya kera" -Olusegun Obasanjo Olusegun Obasanjo, umwe mu bahuza b’imiyoborere bashyizweho n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU)...

Read moreDetails

Amagambo ya Perezida Évariste Ndayishimiye ku burezi bw’u Burundi akomeje kuvugisha benshi

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
Amagambo ya Perezida Évariste Ndayishimiye ku burezi bw’u Burundi akomeje kuvugisha benshi

Amagambo ya Perezida Évariste Ndayishimiye ku burezi bw’u Burundi akomeje kuvugisha benshi Mu minsi ishize, amagambo avugwa ko yavuzwe na Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, agira ati “Mu...

Read moreDetails

Afurika harimo na RDC mu Mboni z’Amerika mu Guhangana n’u Bushinwa

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
Afurika harimo na RDC mu Mboni z’Amerika mu Guhangana n’u Bushinwa

Afurika harimo na RDC mu Mboni z’Amerika mu Guhangana n’u Bushinwa Washington DC yakiriye inama mpuzamahanga ya mbere yo ku rwego rw’intumwa ku mabuye y’agaciro akenerwa cyane ku...

Read moreDetails

Amerika Yahinduye Umurongo wa Politiki muri Afrika

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
Amerika Yahinduye Umurongo wa Politiki muri Afrika

Amerika Yahinduye Umurongo wa Politiki muri Afrika Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje impinduka ikomeye kandi itunguranye muri politiki yayo yo hanze, by’umwihariko ku bihugu bitatu byo muri...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Kainerugaba Yasubije Amerika Mu Magambo Akakaye

by Bahanda Bruce
February 3, 2026
0
Gen. Muhoozi Kainerugaba Yasubije Amerika Mu Magambo Akakaye

Gen. Muhoozi Kainerugaba Yasubije Amerika Mu Magambo Akakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba, umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yasubije mu buryo bukomeye amagambo aherutse gutangazwa na Senateri Jim Risch wa...

Read moreDetails
Next Post
Hafi na Sake haramukiye imirwano mugihe FARDC yongeye kubona ubuyobozi bushya

Hafi na Sake haramukiye imirwano mugihe FARDC yongeye kubona ubuyobozi bushya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?