• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu marembo ya Sake haraye humvikanye urusaku rw’imbunda ninshi, ndetse M23 iravugwaho gufungira abarwana kuruhande rwa Kinshasa i Mihanda.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Mu marembo ya Sake haraye humvikanye urusaku rw’imbunda ninshi, ndetse M23 iravugwaho gufungira abarwana kuruhande rwa Kinshasa i Mihanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mu marembo ya Sake, ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 31/01/2024.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yongeye Kuvuga Amagambo Akakaye Ku Rwanda, Impungenge Zihita Ziyongera ku Mutekano w’Akarere

Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye

FMI Yemeje Inkunga ya Miliyoni 445 z’Amadolari kuri RDC, Isaba Gukomeza Ivugurura n’Ubukungu Burambye mu Bihe by’Umutekano Muke

Bya vuzwe ko M23 igihe c’amasaha y’igicamunsi cy’ejo k’uwa Gatatu, yakomeje gusatira u Mujyi wa Sake, uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

K’urundi ruhande hari amakuru avuga ko M23 ku mugoroba w’ejo nyine, yafashe agace ka Murambi, maze ifunga Umuhanda wa Rubaya, unyura i Ngugu na i Shasha ukomeza ukaja Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi byabaye mugihe ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa k’u munsi w’ejo hashize, itariki ya 31/01/2024, bari bagabye ibitero biremereye batera ibi bombe muri Localité ya Mushaki, Karuba na Mweso, no mu nkengero zigize ibi bice ibitero bivugwa ko byagize ingaruka mbi ku baturage baturiye ibyo bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru yamejwe n’umuturage uherereye i Sake, bwana Sebiya, aho yabwiye Minembwe Capital News ko Ingabo z’u mutwe wa M23 ko zikomeje gusuzuguza ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ndetse n’Ingabo za SADC.

Sebiya yagize ati: “Ku mugoroba wajoro tw’umvise amasasu menshi hafi na Sake, amasasu yavuze nyuma y’uko M23 yari maze gufata umuhanda wa Rubaya uyihuza na Ngugu.”

Bruce Bahanda.

Tags: M23 yafunze imihandaMu marembo ya SakeUrusaku rw'imbunda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yongeye Kuvuga Amagambo Akakaye Ku Rwanda, Impungenge Zihita Ziyongera ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
U Burundi mu Myiteguro yo Gukora Imyigaragambyo Mpuzamahanga Yibasira u Rwanda, Umwuka wa Makimbirane Ukomeza Gukara mu Karere

Perezida Ndayishimiye Yongeye Kuvuga Amagambo Akakaye Ku Rwanda, Impungenge Zihita Ziyongera ku Mutekano w’Akarere Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kumvikana mu magambo akakaye afatwa n’abasesenguzi nkagashozantambara, ayerekeza...

Read moreDetails

Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye

Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 19/12/2025, yemeje ku bwumvikane busesuye kongerera manda Ubutumwa...

Read moreDetails

FMI Yemeje Inkunga ya Miliyoni 445 z’Amadolari kuri RDC, Isaba Gukomeza Ivugurura n’Ubukungu Burambye mu Bihe by’Umutekano Muke

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
FMI Yemeje Inkunga ya Miliyoni 445 z’Amadolari kuri RDC, Isaba Gukomeza Ivugurura n’Ubukungu Burambye mu Bihe by’Umutekano Muke

FMI Yemeje Inkunga ya Miliyoni 445 z’Amadolari kuri RDC, Isaba Gukomeza Ivugurura n’Ubukungu Burambye mu Bihe by’Umutekano Muke Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (FMI) cyemeje itangwa ry’inkunga nshya ingana na...

Read moreDetails

U Burundi mu Myiteguro yo Gukora Imyigaragambyo Mpuzamahanga Yibasira u Rwanda, Umwuka wa Makimbirane Ukomeza Gukara mu Karere

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
U Burundi mu Myiteguro yo Gukora Imyigaragambyo Mpuzamahanga Yibasira u Rwanda, Umwuka wa Makimbirane Ukomeza Gukara mu Karere

U Burundi mu Myiteguro yo Gukora Imyigaragambyo Mpuzamahanga Yibasira u Rwanda, Umwuka wa Makimbirane Ukomeza Gukara mu Karere Amakuru aturuka i Bujumbura aravuga ko Leta y’u Burundi yamaze...

Read moreDetails

Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje

Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje Senateri Lindsey Graham, uhagarariye Leta ya Carolina mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Hafi na Sake haramukiye imirwano mugihe FARDC yongeye kubona ubuyobozi bushya

Hafi na Sake haramukiye imirwano mugihe FARDC yongeye kubona ubuyobozi bushya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?