• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in Regional Politics
0
Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.
130
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Inka z’Abanyamulenge zibarirwa mu 15 zari zanyazwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, zagaruwe na Twirwaneho igizwe n’abasore ba Banyamulenge.

Iz’inka zikaba zari zanyagiwe ahitwa ku Kabara ko kwa Byondo, ha herereye mu nce zo mu Cyohagati, mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru ava muri ibyo bice ahamya ko iz’inka zanyazwe igihe c’isaha zibiri z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 18/11/2024.

Ubwo mu ijoro, benezo baje gushakisha ikirari cyazo, bavuga ko cyarimo gihekera ahahoze ari kwa Muhebera.
Rero, ahagana isaha z’ukerera rwo kuri uyu wa mbere, nibwo habaye kwiyambaza Twirwaneho, maze ikora iyo bwakabaga ikurikirana iz’inka izigarurira mu bice biherereye mu Gipupu, hasanzwe hatuye ubwoko bw’Abembe ari nabo inyeshamba za Maï Maï zivukamo.

Ibi byongeye gutuma abaturage bongera guha Twirwaneho amanota ari ku kigero cyo hejuru yo gukomeza kuyikunda.

Umwe mu baturage uri mu bagaruriwe Inka, yabwiye Minembwe Capital News uko byifashe, maze agira ati: “Bene nyir’inka tumaze kuzibona. Inka zose zari zagiye zagarutse. Twirwaneho niyo yazigaruye, nta wabona uko ayishimira kuko ni abantu bindashikirwa.”

Twanamenye ko mu kugarura iz’inka nta guhangana kwahabaye, usibye ko Mai Maï Maï yahise ihunga nyuma yokubona abaje bakurikiye Inka yari yanyaze.

Si ubwa mbere Twirwaneho igarura Inka z’Abanyamulenge zanyazwe, kuko yagaruye n’izindi mu bihe bitandukanye, harimo izo yagaruye igihe cyo mu Marunde, mu Marango, Gahwela n’ahandi.

Usibye nibyo Twirwaneho niyo yafashe umukingi wa mbere mu ku rwanirira ubwoko bwabo nti bwarimburwa na Maï Maï isanzwe iterwa inkunga n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Kugeza n’ubu Twirwaneho niyo irindira Abanyamulenge baturiye aka karere ko mu misozi miremire y’Imulenge, umutekano, ni mu gihe irwanya Maï Maï ndetse n’indi mitwe y’itwaje imbunda izwiho kwanga Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Tu bibutsa ko Twirwaneho iyobowe na Colonel Michel Rukunda, wa mamaye kwizina rya Makanika akaba y’ungirijwe na Colonel Charles Sematama.

Tags: Inka z'AbanyamulengeKabaraTwirwaneho
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

Umubare w'Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?