• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in Regional Politics
0
Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.
130
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu misozi miremire y’Imulenge, Twirwaneho ikomeje kuba bera igisubizo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Inka z’Abanyamulenge zibarirwa mu 15 zari zanyazwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, zagaruwe na Twirwaneho igizwe n’abasore ba Banyamulenge.

Iz’inka zikaba zari zanyagiwe ahitwa ku Kabara ko kwa Byondo, ha herereye mu nce zo mu Cyohagati, mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru ava muri ibyo bice ahamya ko iz’inka zanyazwe igihe c’isaha zibiri z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 18/11/2024.

Ubwo mu ijoro, benezo baje gushakisha ikirari cyazo, bavuga ko cyarimo gihekera ahahoze ari kwa Muhebera.
Rero, ahagana isaha z’ukerera rwo kuri uyu wa mbere, nibwo habaye kwiyambaza Twirwaneho, maze ikora iyo bwakabaga ikurikirana iz’inka izigarurira mu bice biherereye mu Gipupu, hasanzwe hatuye ubwoko bw’Abembe ari nabo inyeshamba za Maï Maï zivukamo.

Ibi byongeye gutuma abaturage bongera guha Twirwaneho amanota ari ku kigero cyo hejuru yo gukomeza kuyikunda.

Umwe mu baturage uri mu bagaruriwe Inka, yabwiye Minembwe Capital News uko byifashe, maze agira ati: “Bene nyir’inka tumaze kuzibona. Inka zose zari zagiye zagarutse. Twirwaneho niyo yazigaruye, nta wabona uko ayishimira kuko ni abantu bindashikirwa.”

Twanamenye ko mu kugarura iz’inka nta guhangana kwahabaye, usibye ko Mai Maï Maï yahise ihunga nyuma yokubona abaje bakurikiye Inka yari yanyaze.

Si ubwa mbere Twirwaneho igarura Inka z’Abanyamulenge zanyazwe, kuko yagaruye n’izindi mu bihe bitandukanye, harimo izo yagaruye igihe cyo mu Marunde, mu Marango, Gahwela n’ahandi.

Usibye nibyo Twirwaneho niyo yafashe umukingi wa mbere mu ku rwanirira ubwoko bwabo nti bwarimburwa na Maï Maï isanzwe iterwa inkunga n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Kugeza n’ubu Twirwaneho niyo irindira Abanyamulenge baturiye aka karere ko mu misozi miremire y’Imulenge, umutekano, ni mu gihe irwanya Maï Maï ndetse n’indi mitwe y’itwaje imbunda izwiho kwanga Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Tu bibutsa ko Twirwaneho iyobowe na Colonel Michel Rukunda, wa mamaye kwizina rya Makanika akaba y’ungirijwe na Colonel Charles Sematama.

Tags: Inka z'AbanyamulengeKabaraTwirwaneho
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

Umubare w'Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?