Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu mujyi wa Goma, hateguwe imyigaragambyo idasanzwe yo kweguza ubuyobozi bw’i Ntara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Mu mujyi wa Goma, hateguwe imyigaragambyo idasanzwe yo kweguza ubuyobozi bw’i Ntara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo yo gusaba ubuyobozi bw’i Ntara kwegura, nyuma y’uko ubwicanyi bukorerwa abasivile bwongye gufata indi ntera muri iyi minsi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni imyigaragambyo yateguwe n’urubyiruko n’abarimo sosiyete sivile yo muri ibyo bice, nk’uko byavuzwe na baturiye i Goma.

Bavuga ko iyo myigaragabyo izakorwa ku wa Gatatu w’i Cyumweru gitaha, akazaba ari tariki ya 17/04/2024.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko imyigaragabyo izakorwa kugira ngo umuyobozi ku rwego rw’i Ntara, n’umuyobozi ku rwego rw’u Mujyi wa Goma, ‘begure,’ ni mu gihe kwica abasivile kibandi byongeye gukara, kandi bakicwa n’abo bivugwa ko ari Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Iki Cyumweru turimo uhereye ku itariki ya 09/04/2024, kugeza uyu munsi, hamaze gupfa abantu bagera ku munani, aba bose bicwa barashwe na Wazalendo.

Ku wa Kane w’iki Cyumweru, hafashwe abasirikare batatu na Wazalendo babiri bashinjwa kugira uruhare mwiyicwa ry’abasivile bagize igihe bicirwa muri Goma.

Benjamin Mbonimpa umuhuza bikorwa wa AFC/M23, yashinje ubuyobozi bwa leta ya Kinshasa, muri Goma kunanirwa gutanga umutekano no guhagarika ibikorwa bya Wazalendo byo kurasa abasivile mu ijoro.

Ibi Mbonimpa yabivuze akoresheje urubuga rwa x, aho yagize ati: “Abaturage barababaye kubera kubura ubuyobozi bushakira abaturage amahoro. Abayobozi nti bashoboye ngo bagire icyo bakora gifatika. Abaturage baracyarira kuko ubuyobozi ntacyo bushoboye.”

Ubwicanyi bukorwa kibandi bwatangiye kuvugwa cyane umwaka ushize, ahagana mu mezi yo ku mpera z’u mwaka. Ubu bwicanyi kuva mbere hose Wazalendo nibo bagumye gushirwa mu majwi ko barinyuma y’imfu zimaze gutwara abantu babarirwa mu magana, mu gihe kingana n’umwaka n’amezi icenda.

        MCN.
Tags: GomaIdasanzweImyigaragambyoYo kweguza ubuyobozi bw'i Ntara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibindi byimbitse ku rupfu rw’Umunyamulenge, Harera Biganiro, wicyiwe mu gihugu cy’u Burundi.

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku rupfu rw'Umunyamulenge, Harera Biganiro, wicyiwe mu gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?