Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu nkengero za centre ya Sake haramukiye imirwano ikomeye hagati ya M23 n’igisirikare ki rwana ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 31, 2024
in World News
0
Mu nkengero za centre ya Sake haramukiye imirwano ikomeye hagati ya M23 n’igisirikare ki rwana ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu nkengero za centre ya Sake haramukiye imirwano ikomeye hagati ya M23 n’igisirikare ki rwana ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Antoine Tshisekedi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ibitero byazindutse bigabwa mu birindiro bya M23 biri mu duce twunamiye centre ya Sake ho muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abaturiye utwo duce.

Iyi mirwano y’umvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, aho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ryakoresheje kurasa ibibunda biremereye byo mu bwoko bwa Saba Saba n’ibindi bitwaro bikaze bikoreshwa n’ingabo za Sadc.

Amakuru avugwa n’abaturiye ibyo bice avuga ko iyo mirwano yatangiye ku isaha ya saa moya z’iki gitondo ikomerezaho kugeza amasaha ya saa ine.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize naho habaye intambara kandi ibera kuri iyi misozi ya Sake, ndetse amakuru yaje avuga ko iyo mirwano M23 yayifatiyemo ibifaru bitatu ibyaka ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ku rundi ruhande ihuriro ry’Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi ziravugwaho kuba zari zahunze muri centre ya Kanyaboyonga, ninyuma yuko imirwano yari yakaze mu nkengero zayo.

Ariko amakuru yazindutse atangazwa kuri uyu wa Gatanu, nuko izi ngabo za leta zongeye kugaruka muri iyi centre ya Kanyaboyonga.

Kuri ubu M23 yamaze kwigiza inyuma ibyo bitero ndetse kandi ikaba ikomeje kwegera gufata Kanyaboyonga.

              MCN.
Tags: IbiteroIhuriro rw'ingabo za RDCM23Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ibyo buheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ibyo buheruka gukorera ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?