• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ibyo buheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2024
in Regional Politics
1
Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ibyo buheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, ryatangaje ibyo riheruka gukorera ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

Ni bikubiye mu itangazo umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31/05/2024.

Iryo tangazo rivuga ko tariki ya 30/05/2024, ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ririmo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo na SADC, zagabye ibitero ku basivile ku wa Kane.

Rikomeza rivuga ko ibyo bitero byaguyemo abasivile bagera ku icumi, bigakomerekeramo abandi batatangajwe umubare, ndetse n’abandi baturage benshi bagata izabo.

Iri tangazo rivuga ko kandi AFC/M23 yatabaye nk’uko ihora ibikora ikarinda abasivile, isubiza ibyo bitero inyuma, ndetse ngo iza no gusenya imodoka z’intambara z’iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

Itangazo rikavuga ko M23 yafashe APCS zibiri z’umwanzi n’ikamyo ya IVECO.

Gusa iri tangazo rya AFC/M23 rikavuga kandi ko M23 ibabajwe n’uko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo rikomeje gushira ibibunda mu nkambi ya Muganga, kandi bihabanye n’amategeko mpuzamahanga.

Izi nkambi zikaba ziri gukoreshwa nk’i birindiro by’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.

Mu mpera z’u mwaka w’ 2023 nibwo igisirikare cya SADC cyageze mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwise SAMIRDC. Hashingiwe ku byemezo by’abakuru b’ibihugu biwugize byafatiwe muri Namibia tariki ya 08/05/2023. Izi ngabo zigizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Malawi n’iza Tanzania.

Kuza kw’ingabo za SADC gufasha igisirikare cy’igihugu cya leta ya Kinshasa ku rwanya M23 zifatanije n’ingabo z’u Burundi n’ubwo bisa nibyamaze kunanirwa uru rugamba.

           MCN.
Tags: Ibyo yakoreyeIhuriro ry'Ingabo za RDCM23Yatangaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa Mu gihugu cya Uganda, humvikanye inkuru ibabaje y’impanuka ikomeye yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki...

Read moreDetails

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF Land Forces), Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka ndende ku...

Read moreDetails

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad In eastern Chad, particularly in Wadi Fira Province, serious ethnic clashes have once again erupted, claiming several lives and leaving...

Read moreDetails

Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera

Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera Mu burasirazuba bwa Chad, cyane cyane mu ntara ya Wadi Fira, hongeye kuvuka imvururu zikomeye zishingiye ku moko, zahitanye ubuzima...

Read moreDetails

Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer

Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer Au Mali, la...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, zatangaje ibyago zahuriye nabyo mu ntambara zihanganyemo na M23.

Ingabo za SADC zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, zatangaje ibyago zahuriye nabyo mu ntambara zihanganyemo na M23.

Comments 1

  1. Www.Waste-Ndc.Pro says:
    2 years ago

    I read this paragraph completely concerning
    thee comparison oof latest annd earlier technologies, it’s amazing article. https://Www.Waste-Ndc.pro/community/profile/tressa79906983/

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?