• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe imirwano ikomeje kubica bigacika, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Tshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe imirwano ikomeje ku bica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Red Tabara, ba gabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, perezida Félix Tshisekedi we i Bukavu kumurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, abantu ko barajanwa ku mbaraga kugira baje ku mwakira, aho aribuze ku hiyamamariza.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Byavuzwe ko guhera ku mugoroba w’ejo hashize, tariki 07/12/2023, abashinzwe umutekano Ingabo na Polisi bakomeje gukangurira abaturage ba Bukavu kugira uyu munsi bitabe Tshisekedi.

Bikaba byavuzwe ko Tshisekedi aribwakirirwe mu gace kitiriwe ubwingenge (Place del’indépendance), gaherereye mu Mujyi wa Bukavu. Kuva igihe c’isaha zakare abaturage benshi ba Nguba, Kavumu na Kadutu n’ahandi bari kujanwa ku mbaraga muri ako gace mu rwego rwo kugira ngo bitabire aribenshi.

Gusa byavuzwe ko Tshisekedi aza kugera i Bukavu, aho yateguriwe nyuma y’uko azaba yabanjye kugera Shabunda na hitwa Miti, akabona kuza i Bukavu mugihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023.

Nyuma ya Bukavu azakomereza Uvira aho bya navuzwe ko azagera no muri teritware ya Fizi, mu gace ka Makobola aho bakunze kuvuga ko hakozwe ubwicanyi (Massacre), bukorewe abo mu bwoko bwa Babembe.

Nk’uko byagiye bivugwa n’uko bariya ba Bembe ba Makobola, bateguye ko bazaganiriza Tshisekedi uburyo buriya bwicanyi bwakorewe abaturage babo ahagana mu myaka ya 1997.

Hagati aho imirwano irakomeje mu bice byo muri teritware ya Fizi, neza naneza mu nkengero za Komine Minembwe. Gusa byavuzwe ko abaturage b’irwanaho bakomeje kw’irwanaho ndetse ko Maï Maï, Red Tabara na FDLR, ko batangiye kuyabangira ingata.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacikaMu Ntara ya Kivu yamajy'EpfoTshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by'agisirikare byatawe n'ihuriro ry'ingabo za RDC, hagati aho Ingabo z'u Burundi zatangiye kwiyahura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?