• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe imirwano ikomeje kubica bigacika, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Tshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe imirwano ikomeje ku bica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Red Tabara, ba gabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, perezida Félix Tshisekedi we i Bukavu kumurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, abantu ko barajanwa ku mbaraga kugira baje ku mwakira, aho aribuze ku hiyamamariza.

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Byavuzwe ko guhera ku mugoroba w’ejo hashize, tariki 07/12/2023, abashinzwe umutekano Ingabo na Polisi bakomeje gukangurira abaturage ba Bukavu kugira uyu munsi bitabe Tshisekedi.

Bikaba byavuzwe ko Tshisekedi aribwakirirwe mu gace kitiriwe ubwingenge (Place del’indépendance), gaherereye mu Mujyi wa Bukavu. Kuva igihe c’isaha zakare abaturage benshi ba Nguba, Kavumu na Kadutu n’ahandi bari kujanwa ku mbaraga muri ako gace mu rwego rwo kugira ngo bitabire aribenshi.

Gusa byavuzwe ko Tshisekedi aza kugera i Bukavu, aho yateguriwe nyuma y’uko azaba yabanjye kugera Shabunda na hitwa Miti, akabona kuza i Bukavu mugihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023.

Nyuma ya Bukavu azakomereza Uvira aho bya navuzwe ko azagera no muri teritware ya Fizi, mu gace ka Makobola aho bakunze kuvuga ko hakozwe ubwicanyi (Massacre), bukorewe abo mu bwoko bwa Babembe.

Nk’uko byagiye bivugwa n’uko bariya ba Bembe ba Makobola, bateguye ko bazaganiriza Tshisekedi uburyo buriya bwicanyi bwakorewe abaturage babo ahagana mu myaka ya 1997.

Hagati aho imirwano irakomeje mu bice byo muri teritware ya Fizi, neza naneza mu nkengero za Komine Minembwe. Gusa byavuzwe ko abaturage b’irwanaho bakomeje kw’irwanaho ndetse ko Maï Maï, Red Tabara na FDLR, ko batangiye kuyabangira ingata.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacikaMu Ntara ya Kivu yamajy'EpfoTshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post

Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by'agisirikare byatawe n'ihuriro ry'ingabo za RDC, hagati aho Ingabo z'u Burundi zatangiye kwiyahura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?