• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igisirikare cya Afrika y’Epfo (SANDF) cyemeje abasirikare babo baguye mu ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aho umutwe wa M23 uhanganye n’ihuriro ry’ingabo za Congo, ribarizwamo n’izo ngabo za Afrika y’Epfo, bituma mu gihugu cyabo bizana umuryane.

Ku mu goroba w’ahar’ejo tariki ya 26/01/2025, ni bwo igisirikare cya Afrika y’Epfo cyemeje abasirikare babo icyenda baguye mu mirwano. Kandi kigaragaza ko abo basirikare baguye mu mirwano yaberaga mu nkengero z’umujyi wa Goma. Ubwo umutwe wa M23 wasatiraga gufata umujyi wa Goma.

Ubwo ingabo za Afrika y’Epfo zigera kuri 3.000 zoherezwaga mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, na bwo byari byabanje kunengwa cyane mu baturage b’iki gihugu cya Afrika y’Epfo, ndetse kandi binengwa n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, bakavuga ko ingabo z’iki gihugu zidafite ibikoresho bihagije bijyanye n’igihe Isi igezemo.

Uku kunenga byongeye kugaruka cyane kuri iki Cyumweru tariki ya 26/01/2025. Ishyaka Democratic Alliance (Ad) ribarizwa muri Guverinoma y’ubumwe bw’igihugu, ariko ritemera politiki y’igisikare cy’iki gihugu, ryamaganye ingengo y’imari, rigasobanura ko bituma abasirikare batabona imyitozo ihagije ndetse kandi ko iki gisirikare gikoresha ibikoresho bishaje gusa. Rigasaba ko iki gihugu cyavana ingabo zabo muri RDC.

Ihuriro ry’Ingabo za SANDU naryo ryamaganye mu itangazo rigenewe Abanyamakuru kuba nta mucyo uva mu gisirikare ku bijyanye n’ibibazo n’igihombo iki gisirikare cyagiriye ku butaka bwa Congo, ahabera intambara ya Congo n’umutwe wa M23. Kutubaha abasirikare bapfiriye ku rugamba nk’uko babivuga, ngo bikaba bishyira icyaha ku cyizere igisirikare cyabo gifitiwe.

Tags: Afrika y'EpfoGomaRdc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?