• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .

minebwenews by minebwenews
November 7, 2024
in Regional Politics
0
Muri Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Kivu y’Amajy’epfo, Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro .

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Ni amakuru yashyizwe ku karubanda na bamwe mu Wazalendo baturiye i Bukavu, aho bagaragaje ko “Wazalendo” bari mu gukora amanama yo kwica Abanyamulenge baturiye i Nyangenzi kandi ko uyu mugambi wikomwe imbere n’umusirukare mukuru ukuriye ingabo za Leta muri Kivu y’Epfo, ariko ko uwo mugambi ukomeje gucurwa.

Amasoko yacu atandukanye avuga kuri iy’inkuru, yemeza ko Abanyamulenge bagenderewe kwicwa ari abaturiye isantire (centre) ya Nyangenzi haherereye muri grupema ya Kahongo, teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ni amakuru kandi ahamya ko uyu mugambi wo kurandura Abanyamulenge bo muri Nyangenzi, uyobowe na General Padiri ukuriye Wazalendo bose muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Shabade ureba Wazalendo muri Kivu y’Amajy’epfo, Lt Col Tambwe ureba ingabo ziri muri Centre ya Nyangenzi na T3 wa Region muri Kivu y’Epfo, ndetse n’abandi bayobozi batandukanye bava mu mitwe yitwaje intwaro irimo na FDLR.

Bikavugwa ko hari inama itegura ibyo bikorwa, iheruka kubera mu mujyi wa Bukavu, kandi ko yabaye ku wa mbere tariki ya 04/11/2024 . Bamwe mu bari bayitabiriye baje kugira amahirwe make, batabwa muri yombi n’ingabo za General, ukuriye abasirikare ba Leta muri Kivu y’Amajy’epfo.
Kugeza n’ubu abafashwe baracyafungiwe muri Camp Nsayo, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Ubuhamya buvuga kuri iy’inkuru Minembwe.com yahawe n’umukozi wa Leta ukorera muri ibyo bice, ariko utashatse kwivuga amazina; yahamije ko aya makuru yayahawe n’umuzalendo udashaka ko amaraso y’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge ameneka.
Avuga ko nubwo umusirikare mukuru ureba region ya Kivu y’Amajy’epfo yabyikomye imbere ariko ko bidahagaze, kandi ko Abanyamulenge batagomba kwirara.

Yagize ati: “Ibyo bintu biduteye ubwoba! Kandi ni umugambi urimo n’Abanyekongo batuye muri Amerika, ngo kuko aribo batanga inkunga mu rwego rwo kugira ngo Abanyamulenge bakorerwe jenoside.”

Yavuze kandi ko uwo mugambi uteguwe ko bazica Abanyamulenge bakoresheje imipanga, imbunda na Lisansi (igitero, essance) n’udufuni.

Sibwo bwa mbere, abavuga ururimi rw’ikinyarwanda bacurirwa imigambi yo kwicwa muri RDC, kuko no mu myaka ishize byarabaye, yewe ndetse no mu mwaka w’ 1996 bigeze guhabwa igihe ntarengwa cyo kuba bavuye ku butaka bw’iki gihugu, bitaba ibyo bakarimburwa bose, usibye ko bagenda birwanaho kugeza na magingo aya, Abanyamulenge baracyakomeje kwirwanaho.

Ariko akenshi aba Banyamulenge bavuga ko barindwa n’Imana yabo iba mu ijuru iyo bita Imana y’Imulenge cyangwa ya Israel.

Tags: AbanyamulengeBufuni na BuhoroKivu yamajy'EpfoNyangenziWazalendo
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.

Menya bimwe mubyo Trump ashyira imbere gusumba ibindi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?