Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC abahinzi baja guhinga babanje kubona ababaherekeza.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Kubera umutekano muke muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, benshi mu bahinzi berekeza mu mirima mu gihe baba babonye aba baherekeza.

Ibyo byagiye bigaragara akenshi mu Burasirazuba bwa RDC, ni mu gihe intambara z’urudaca hagati ya Leta n’imitwe yitwaje intwaro yogoge aka karere.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, zizwi nka MONUSCO biri mu byatumye zigenda zishigikirwa hamwe na hamwe; nko muri teritware ya Djugu mu gace kayo ka Dhendro, abahinzi baho ntibahwema gushigikira izo ngabo kuko akenshi bahinga mu gihe bamaze kumenya ko hari abaza kubaherekeza.

Ndetse amakuru avuga ko abenshi muri abo baturage bo muri utwo duce bagiye bimukira mu ma kambi aba ari hafi n’ibigo bya MONUSCO biherereye aho, bagahunga amakimbirane aba ari mu ngo zabo n’ibitero by’imitwe y’inyeshamba bibagabwaho.

MONUSCO yoherejwe muri RDC mu mwaka w’ 2010, ubwo yasimburaga ababanje mu bikorwa byo kubungabunga umutekano bya LONI, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’i y’Epfo.

Iz’i ngabo zagiye zikora ama operasiyo yo kurinda abahinzi b’ibigori , ibishyimbo, n’imyumbati, kandi zigatuma babasha gukora ibikorwa bisanzuye , mu bihe by’ihinga no kubarinda imitwe y’itwaje imbunda biba imyaka mu mirima kandi bakica abantu.

Gusa, hari naho abahinzi batinya kuja mu mirima yabo kubera gutinya ingabo za Leta(FARDC), aho ni nko mu Minembwe no mu tundi duce two muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira. Muri icyo gihe aba bahinzi biyambaza Twirwaneho kubaherekeza, kuko muri ibyo bice nta MONUSCO ikihabarizwa.

Mu mwaka w’ 2023, akanama ka LONI kemeje ko ihagarikwa ry’ubutumwa bw’Ingabo za MONUSCO, bisabwe na perezida Félix Tshisekedi, izo ngabo zigera ku 13.500 zahuye n’ibitero n’imyigaragambyo y’ababonaga ko zananiwe kurinda abaturage.

Cyakoze mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka, Leta ya Kinshasa yisubiyeho isaba ko MONUSCO yaguma mu Ntara za Ituri na Kivu y’Amajyaruguru kugeza umutekano uhindutse, ariko muri Kivu y’Amajy’epfo zihita zihava hose.

Tags: RdcUmutekano
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

RDC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?