• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

minebwenews by minebwenews
May 21, 2025
in Regional Politics
0
Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Umunyabanga mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa(OIF), Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afrika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n’abo yihitiyemo bashobora kuyifasha kugera ku ntego zayo yishyiriyeho.

Nibyo Mushikiwabo yagarutseho mu kiganiro cyari kigamije ku kongerera imbaraga ijambo rya Afrika ku ruhando mpuzamahanga ubwo yari mu nama mpuzamahanga ku mutekano muri Afrika yabaye ku wa mbere tariki ya 19/05/2025.

Yavuze ko mu bihe byabanjye Afrika yasaga nk’itabarirwa mu bihugu bigize umuryango mpuzamahanga ku buryo hari n’igihe wasanga abayobozi bayo bakangishwa ko uwo muryango hari ibyo utazabemerera gukora.

Yagize ati: “Igihe nari minisitiri w’ubanye n’amahanga byarantangazaga cyane kuko baratubwiraga ngo twe abaminisitiri bo muri Afrika hari ibyo umuryango mpuzamahanga utazatwemerera gukora nk’aho Afrika itabarirwa mu muryango mpuzamahanga.”

Yavuze ko binyuze mu miryango ibihugu bihuriyemo n’ubufatanye bigenda bigira byatumye bihuza ijwi ku ngingo nyinshi kandi zagiriye Afrika akamaro.

Mushikiwabo yageze naho atanga urugero ku gihe umuyobozi mukuru w’ishami ry’umuryango w’Abibumbye, Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatorerwaga manda ya mbere ibihugu byose bya Afrika byishize hamwe bishyigikira kandidatire ye kandi imyaka yayoboye yatanze umusanzu ukomeye muri Afrika.

Yasobanuye ko Afrika ikwiye gukurikirana inyungu zayo binyuze mu gukorana na buri wese wayifasha kugera ku ntego zayo.

Ati: “Ni inyungu za Afrika kugira abafatanyabikorwa benshi. Ni inyungu zacu guhahira mu bice bitandukanye by’isi no gushakira inyungu i New York, Beijing, Ab Dhabi, Doha. Inyungu za Afrika uyu minsi ni ukwihitiramo abafatanyabikorwa badufasha kugera ku ntego zacu twishyiriyeho nk’Abanyafrika.”

Abayobozi b’uyu mugabane wa Afrika bakaba barishyiriyeho icyerekezo cya 2063 kizawufasha mu iterambere, aho bifuza ko umugabane wabo wunze ubumwe, uzaba ugeze ku iterambere, umutekano na demokarasi kandi ufite n’ijambo ku ruhando mpuzamahanga.

Tags: AfrikaIterambere y'ifuzaLouise Mushikiwabo
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Umuhanuzi w'Imana yatanze ibimenyetso 10 bizabanziriza gutabarwa ku bwoko bwayo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?