• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2025
in Regional Politics
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Mutualite Shikama i Burundi y’Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy’u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo igirana n’ubutegetsi bwaho.

Yabigarutseho mu itangazo rigenewe abanyamakuru, rigaragaza ko yarishyize hanze kuri iki cyumweru tariki ya 26/07/2025.

Iri tangazo riteweho umukono na vise perezida w’iyi Mutualite, Kiruhura Patrick, ndetse n’umunyamabanga wayo, Ruboneka Laurent, ritangira rigira riti: “Twebwe Umuryango wa Banyamulenge bahuriye muri Mutualite Shikama-Burundi, turamenyesha ko tubanye neza n’ubutegetsi bw’u Burundi, ndetse kandi turisanga ku mutekano mwiza buduha.”

Rirongera kandi riti: “Bamwe muri twe bageze muri iki gihugu bahunze, abandi bakigezemo baje kwiga, mu gihe n’abandi bakigezemo kubera ubacuruzi, ariko twese dufite umutekano.”

Nanone kandi iri tangazo rikomeza rivuga ko “Umuryango wa Banyamulenge mu Burundi ntabwo wungukira mu mahoro n’umutekano gusa, abawugize banungikira mu mibereho n’ubukungu nk’abandi baturage babutuyemo. Impunzi nazo zungukira mu bikorwa zituzwamo mu gihugu cya gatatu, bitewe na Leta y’u Burundi, HCR n’ibihugu bibakira.

Cyobikoze, mu mpera z’umwaka ushize, habonetse Abanyamulenge bafunzwe cyane mu Burundi, ahanini bafatirwga i Bujumbura, abenshi muribo babazizaga umutwe wa M23 urwanira muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.

Abafatwaga icyo gihe babaga babaketsweho gukorana n’uy’u mutwe, gusa ibi byaje gusa naho bishyizeho, nyuma y’aho byamaganwe n’imiryango itandukanye.

Ariko nubwo biruko, umutwe wa Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi muri RDC, uheruka kwamagana Leta y’u Burundi uyishinja gutoza abarwanyi ba FDLR kugira ngo baje gutsemba Abanyamulenge.

Itangazo uyu mutwe washyize hanze mu mpera zakiriya cyumweru gishize, wavuze ko aba barwanyi ba FDLR hamwe n’ingabo z’u Burundi boherejwe i Luvungi, Rurambo na Minembwe muri uwo mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Nyamara uyu mutwe uvuga ko utazarebera Abanyamulenge bicwa, ahubwo uhamya ko uzirwanaho.

Bisanzwe bizwi ko u Burundi bukorana byahafi na Leta y’i Kinshasa ndetse n’umutwe wa FDLR.

Ni ubufatanye bumaze igihe kirekire kuko ibyegeranyo bitandukanye, bigaragaza ko byatangiye kuja ahagaragara mu ntangiriro z’u mwaka wa 2022, ubwo u Burundi bwagiranaga amasezerano yo gufashanya mu byagisirikare na Leta ya RDC.

Ariko ubu bufatanye bwatangiye mbere yabwo.

Tags: AbanyamukengeU BurundiUmutekano
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?