Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mwenga: Abapfulero barimo n’umu-Chef, bahunze ingabo za Leta n’ingabo z’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 11, 2024
in Regional Politics
0
Mwenga: Abapfulero  barimo n’umu-Chef, bahunze ingabo za Leta n’ingabo z’u Burundi.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mwenga: Abapfulero barimo n’umu-Chef, bahunze ingabo za Leta n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Chef Karabaja wo mu bwoko bw’Abapfulero warutwaye agace ka i Lulu muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, yahungiye mu duce tugenzurwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa Red-Tabara; akaba yahunganye n’abaturage benshi ba Bapfulero.

Amasoko yacu yemeza ko Chef Karabaja n’abaturage yari ayoboye bahunze ingabo za FARDC n’abambari bayo kuko batizeye umutekano wabo.

Ni nyuma yuko ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 10/12/2024 ingabo za FARDC, ingabo z’u Burundi na Maï Maï zagabye igitero gikaze ahitwa Tabunde.

Aka gace ka Tabunde gaherereye muri Localite ya i Lulu yarebwaga na Chef Karabaja wahungiye ahagenzurwa na Red-Tabara.

Mu mpera za kiriya cyumweru gishize ni bwo umutwe wa Red-Tabara wirukanye Maï Maï n’ingabo z’u Burundi muri Tabunde; maze izi nyeshamba zihashinga ibirindiro, ibyatumye ihuriro ry’ingabo za Leta ya Kinshasa, ingabo z’u Burundi na Maï Maï bakigabaho igitero birangira zibyigaruriye n’inkengero zabyo.

Nyuma yuko abarwana ku ruhande rwa Leta bafashe i Lulu n’inkengero zayo abahaturiye bo bahisemo kuhahunga.

Aya makuru akomeza avuga ko aba baturage bahunganye na Chef Karabaja bahungiye i Lungulungu aho Red-Tabara igenzura.

Hagati aho, FARDC n’abambari bayo bahise batwika imihana yose yo muri ako gace yabagamo Abapfulero; bikavugwa ko yahiye irakongoka. Iyahiye irimo uwa Tabunde, Malingi, Kabanju n’ahandi.

Tags: AbapfuleroBahunzeFardcIngabo z'u Burundi
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi byavuzwe ku bwicanyi bwakozwe n’ingabo zirinda Tshisekedi i Goma.

Ibindi byavuzwe ku bwicanyi bwakozwe n'ingabo zirinda Tshisekedi i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?