• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mwenga: Abapfulero barimo n’umu-Chef, bahunze ingabo za Leta n’ingabo z’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
December 11, 2024
in Regional Politics
0
Mwenga: Abapfulero  barimo n’umu-Chef, bahunze ingabo za Leta n’ingabo z’u Burundi.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mwenga: Abapfulero barimo n’umu-Chef, bahunze ingabo za Leta n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Chef Karabaja wo mu bwoko bw’Abapfulero warutwaye agace ka i Lulu muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, yahungiye mu duce tugenzurwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa Red-Tabara; akaba yahunganye n’abaturage benshi ba Bapfulero.

Amasoko yacu yemeza ko Chef Karabaja n’abaturage yari ayoboye bahunze ingabo za FARDC n’abambari bayo kuko batizeye umutekano wabo.

Ni nyuma yuko ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 10/12/2024 ingabo za FARDC, ingabo z’u Burundi na Maï Maï zagabye igitero gikaze ahitwa Tabunde.

Aka gace ka Tabunde gaherereye muri Localite ya i Lulu yarebwaga na Chef Karabaja wahungiye ahagenzurwa na Red-Tabara.

Mu mpera za kiriya cyumweru gishize ni bwo umutwe wa Red-Tabara wirukanye Maï Maï n’ingabo z’u Burundi muri Tabunde; maze izi nyeshamba zihashinga ibirindiro, ibyatumye ihuriro ry’ingabo za Leta ya Kinshasa, ingabo z’u Burundi na Maï Maï bakigabaho igitero birangira zibyigaruriye n’inkengero zabyo.

Nyuma yuko abarwana ku ruhande rwa Leta bafashe i Lulu n’inkengero zayo abahaturiye bo bahisemo kuhahunga.

Aya makuru akomeza avuga ko aba baturage bahunganye na Chef Karabaja bahungiye i Lungulungu aho Red-Tabara igenzura.

Hagati aho, FARDC n’abambari bayo bahise batwika imihana yose yo muri ako gace yabagamo Abapfulero; bikavugwa ko yahiye irakongoka. Iyahiye irimo uwa Tabunde, Malingi, Kabanju n’ahandi.

Tags: AbapfuleroBahunzeFardcIngabo z'u Burundi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi byavuzwe ku bwicanyi bwakozwe n’ingabo zirinda Tshisekedi i Goma.

Ibindi byavuzwe ku bwicanyi bwakozwe n'ingabo zirinda Tshisekedi i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?