• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mw’i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
November 30, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Bumba ho muri Secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu baturage baturiye komine Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nikuri uyu wa Kane, tariki 30/11/2023, ziriya Nyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï zongeye kuvugwa muri ibyo bice. Bi baye mugihe kuri uyu wa Gatatu, byahwihwiswe ko ingabo zo muri brigade ya 12 kozaba zarizishaka kugaba ibitero mu baturage B’irwanaho baturiye mu Minembwe.

Mu mpera ziki Cyumweru dusoje, bariya baturage b’irwanaho bafashe matekwa uvuga ururimi rw’ikirundi, afatirwa mu misozi ya Kirumba aha hoze Isoko ya Kane. Iriya Matekwa yaje kuvuga ko yahoraga mu nyeshamba z’uwiyita Gen Hamuri Yakutumba, nawe kuri ubu uri ahitwa Kijombo nk’uko iy’inkuru yemejwe n’iriya Nyeshamba yafashwe amatekwa.

Bi gakekwa ko ziriya Nyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï zavuzwe mw’i Bumba ko zoba ziyobowe na Gen Yakutumba, zigamije kunyaga Inka z’Abaturage bo mu Minembwe.

Gusa muri yiminsi turihafi kwinjira mu minsi mikuru y’ubunane na Noel, ziriya Nyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, zikunze kugaba ibitero bigamije kunyaga Inka z’Abanyamulenge bo m’ubwoko bw’Abatutsi m’urwego rwo kugira ngo bishimishe mu minsi mikuru nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye i byo bice.

Ibi kandi byavuzwe no mu nkengero za Bibogobogo aho Maï Maï igize iminsi ivugwa mu Magunga na Mugorore ivuye i Nakiheri muri Grupema ya Mutambara bikavugwa ko ziriya Maï Maï zigamije kunyaga Inka z’Abanyamulenge bo m’ubwoko bw’Abatutsi.

Harandi makuru avuga ko ziriya Maï Maï kozaba zishaka gushinga ibirindiro bikomeye mu Kabanju , Kijombo na Bumba. Ibi birindiro bikaba bigamije gusenyera bariya Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: I BumbaIshaka kugaba ibitero mu MinembweKivu yamajy'EpfoMaï Maï
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe i Goma, hari gutegurwa i Nama idasanzwe izahuza Abepeskopi (Eveques) bo mu bihugu by'ibiyaga bigari iri dini rirasaba uruby'iruko gushigikira FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?