• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 24, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’aho byari bigize iminsi bivugwa ko yarashwe, avuga ko “bamwica buri munsi.”

Ni mu kiganiro Nangaa yagiranye n’itangazamakuru ku munsi w’ejo ku wa kane, itariki ya 23/10/2025, aho cyabereye i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe yasubizaga abari baheruka gushyira amakuru hanze bavuga ko yarashwe na Wazalendo.

Yari amakuru yatangajwe n’abanyamakuru bakorera mu kwaha kwa perezida Felix Tshisekedi.

Mu nkuru bari bashyize hanze mu cyumweru kimwe gishize, bavuze ko yakomerekejwe yerekeje i Bukavu, avuye i Goma. Bakanagaragaza ko yari yanyuze umuhanda wa Goma-Kalehe-Bukavu.

Mu kubasubiza uyu muyobozi mukuru wa AFC/M23, yagize ati: “Nari napfuye none nazutse. Buri munsi baranyica.”

Si ubwa mbere aba banyamukuru bakorera mu kwaha ku butegetsi bw’i Kinshasa bavuga ko Nangaa yishwe, kuko mu bihe byinshi barabitangaje, ndetse hari n’ubwo bavuga no kubandi bayobozi b’iri huriro rya AFC/M23.

Yanavuze kandi no kuri drones igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyiharaje gukoresha muri iyi minsi kikarasa ku baturage, avuga ko icyo kibazo bagiye kukivugutira umuti.

Anavuga kandi ko AFC/M23 itazakomeza kurebera ibyo bitero bihitana abaturage b’inzirakarengane.

Ati: “Niba Kinshasa ikomeje guhungabanya ibiganiro, turakomeza urugendo rwacu twerekeza i Kinshasa. Nta muntu dushaka ko atubwira guhagarara. Oya. Kubera ko Tshisekedi n’ingabo ze bari kwica abaturage bakoresheje kubarasisha drones.”

Mu cyumweru gishize no mu ntangiriro z’iki turimo, drones na Sukhoi-25 by’ingabo za RDC zakomeje gusuka ibisasu ahatuye abaturage, ubundi zikabitera ku birindiro bya AFC/M23.

Nk’uko ubuyobozi bwa AFC/M23 bwagiye bubigaragaza n’uko byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi, kandi binagira n’ibindi byangiza birimo n’ibikorwa remezo by’abaturage.

Hari nk’uruganda rwa sosiyete itunganya amabuye y’agaciro rwa Twangiza ruherereye muri teritware ya Mwenga byangije, kuko zarusutseho amabombe rurasha rurakongo.

Hari kandi n’ibisasu byatewe ahatuye abaturage i Busika muri teritware ya Walikale, ndetse ibindi biterwa muri za Masisi n’ahandi.

Nyamara muri icyo kiganiro AFC/M23 yagaragaje ko igiye kubonera umuti urambye izo ndege z’igisirikare cya Kinshasa zitesheje abaturage umutwe.

Tags: Banyica buri munsiNangaaWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?