• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ni bura abasirikare b’u Burundi 1000 kirenga, nibo bamaze kugwa muri Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2025
in Regional Politics
0
Ni bura abasirikare b’u Burundi 1000 kirenga, nibo bamaze kugwa muri Masisi.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ni bura abasirikare b’u Burundi 1000 kirenga, n’ibo bamaze kugwa muri Masisi.

You might also like

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi uravuga ko wigaruriye agace k’ingenzi ka Ngungu nyuma y’imirwano ikomeye yahabereye aho yari ihanganishije uwo mutwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ririmo n’ingabo z’u Burundi na FDLR.

Ni mu mirwano yabaye ku gicamunsi cy’ejo hashize, itariki ya 15/01/2025 ni bwo umutwe witwaje imbunda wa M23 wirukanye muri centre ya Ngungu ihuriro ry’ingabo za Congo rigizwe na FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’abacanshuro b’Abazungu baturutse i Buraya.

Ngungu ni Localité iherereye muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ikaba ari igice ahanini cyororerwamo Inka n’andi matungo, ndetse kandi hakaba hanahingwa hakera cyane.

Nk’uko umutwe wa M23 ubivuga, binyuze mu muvugizi wayo wungirije, Oscar Barinda, yavuze ko umubare munini w’abasirikare ba Leta barwanye muri Ngungu bari bagizwe n’abasirikare b’u Burundi, asobanura ko abenshi muri bo bahaguye. Gusa ntacyo Leta ya Kinshasa cyangwa FARDC byatangaje kuri ibyo bitero n’ababiguyemo.

Barinda ubwo yavuganaga n’itangaza makuru yagize ati: “Byibuze abasirikare b’u Burundi barenga amagana abiri baguye mu ntambara yabereye i Ngungu. Twayifashe, twirukanye ihuriro ry’Ingabo za RDC muri Ngungu.”

Yanavuze ko mu minsi ibiri ishize ririya huriro ry’Ingabo za RDC riri muri Ngungu ryishe abaturage, ryafashe ku ngufu abagore n’abakobwa, ndetse kandi rinasahura n’utwabo.

Hari ubuhamya bwatanzwe n’umuturage utuye muri ako gace bugira buti: “Ubwo FARDC n’abarundi bafataga i Ngungu balepinze abagore n’abakobwa.”

Bukomeza bugira buti: “Hari umugabo binjiranye mu nzu ye w’Umututsi bamusaba kurongora umukobwa we, nawe arabyanga bahita bamurasa arapfa! Umukobwa we niko guhita bamulepinga.”

Ubu buhamya bushimangira ko nyuma y’aho FARDC n’abambari bayo bafashe abagore n’abakobwa ku ngufu, icyakurikiyeho basahuye ibyabo.

Mu makuru yatangajwe ku wa kabiri w’iki Cyumweru, byavuzwe ko mu mirwano yasakiranyije ihuriro ry’Ingabo za RDC n’umutwe wa M23 mu nkengero za Ngungu yaguyemo abasirikare b’u Burundi bagera kuri 400, ndetse n’abandi bafatwa matekwa harimo nabayikomerekeyemo.

Urubuga ruri muzikunze gutangaza intambara ibera i Masisi, rwagize ruti: “70% byabaguye mu nkengero za Ngungu ni abasirikare b’u Burundi barimo n’abofisiye bakuru. Muri video urabonamo amapeti.”

Uru rubuga rwavuze ko hapfuye byibuze abasirikare b’u Burundi 400.

Ibyo bibaye mu gihe kandi umwaka ushize mu ntambara M23 yafashe umujyi wa Kitshanga nawo uherereye muri Masisi, byatangajwe ko 800 by’ingabo z’u Burundi zayiguyemo n’abandi benshi bafatwa matekwa, nubwo leta y’u Burundi yabihakanye icyo gihe.

Tags: Ngungu
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi Guhera tariki ya 09/12/2025, ubwo Umujyi wa Uvira wafashwe n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, igihugu cy’u Burundi cyatangiye guhura n’ingaruka zikomeye ku...

Read moreDetails

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Ntuyahaga yasubije Umunyarwanda uheruka kuvuga ko Abanyamulenge ari “inzererezi.”

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n'imbabazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?