• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in Conflict & Security
0
Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Seba Kiyana wamenyekanye cyane ku izina rya Munigantama, amakuru amuvugaho agaragaza neza ko kuri ubu ari ku Murambya ho ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu mugambi mubisha wo kurwanya benewabo.

Bikubiye mu nyandiko zashyizwe hanze n’umwe mu barwanyi ba Gumino uherereye mu bice by’i Ndondo, aho zigira ziti: “Munigantama yamaze kugera ku Murambya, kandi acyumbikiwe mu ika y’abasirikare b’u Burundi bari muri ibyo bice.”

Zirongera ziti: “Ari kumwe n’abandi babiri bavanye i Burundi.”

Abo ziriya nyandiko zivuga ko bazananye na Munigantama , hari uwitwa Shikiro ndetse na Byuzuye Christian uzwi cyane ku mbugankoranyambaga, aho akunze kwandika agaragaza ibitekerezo bye bishigikira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi n’umutwe wa Gumino uwo benewabo bashinja gukorana byahafi n’imitwe ya Mai Mai izwiho kubica, kubanyaga Inka zabo no kubasenyera.

Hagati muri iki cyumweru turimo ni bwo bageze muri iriya misozi y’i Ndondo ya Bijombo, iherereye muri teritware ya Uvira, nyuma yokuva i Bujumbura mu Burundi mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Ni mu gihe mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka, Munigantama yageze i Bujumbura avuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho amaze imyaka nka 14 atuye. Iyi minsi akaba yarayimaze akorana ibiganiro n’abasirikare b’u Burundi, nk’uko ziriya nyandiko zikomeza zibivuga.

Zivuga kandi ko yazanywe no gushyigikira igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi mu rugamba birimo rwo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, iyo ahora avuga ko ifashwa n’ibihugu by’amahanga, n’ubwo bizwi ko iyi mitwe yombi yirwanaho mu rwego rwo kugira ngo irengere ubuzima bw’Abatutsi bicwa n’ubutegetsi bwa RDC, bubaziza ubwoko bwabo.

Gusa, izi nyandiko zikavuga kandi ko yaje gusenya umutwe wabo wa Gumino akarema undi mutwe ukora nk’ayo, kuko hari aho zigira ziti: “Munigantama yazanye umugambi mubisha wo gusenya Gumino.”

Zinemeza kandi ko uyu mugabo mbere yuko azamuka imisozi y’i Ndondo ya Bijombo, yabanje guhura na Mai Mai Yakutumba bakorana ibiganiro i Uvira, ndetse no mu kuzamuka amuha aba Mai Mai baramuherekeza.

Zisoza zivuga ko kuri ubu ari gukoresha ibiganiro, kandi ko abihuriramo n’Ingabo z’u Burundi iza RDC, Gumino, FDLR na Mai Mai ari nayo yahindutse Wazalendo.

Kimwecyo, ntacyo sosiyete sivili y’i Ndondo ya Bijombo iravuga kuri ibi, ngwibe yabihakana cyangwa ngwibyemeze.

Munigantama uvugwa yahoze ari umusirikare wa RDC, nyuma aza ku gitoroka hagati mu myaka ya 2002 na 2005, ari nabwo yahise yerekeza mu buhungiro ku bw’amahirwe HCR imuha ubuhungiro bwa gatatu muri Amerika.

Tags: MuningatamaMurambya
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b'u Burundi yarekuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?