• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2025
in Regional Politics
0
Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Muri Nigeria abarwanyi bo mu mutwe wa kiyisilamu bateye ikigo cya Batayo ya Task Force iherereye mu majyaguru ashyira uburengerazuba bwa Leta ya Borno bashimuta abasirikare n’ibikoresho byabo birimo imbunda n’amasasu.

Ni amakuru yatangajwe n’inzego z’umutekano muri Nigeria, aho zemeza ko abarwanyi bo mu mutwe wa Boko Haram bagabye igitero ku kigo cya gisirikare giherereye mu majyaguru ashyira uburengerazuba bwa Leta ya Borno, bashimuta abasirikare n’ibikoresho byabo.

Iki gitero kikaba cyarakozwe mu gitondo cyo ku wa mbere w’iki cyumweru, ibyateye ubwoba yaba Leta ndetse n’ibihugu by’ibituranyi, ni mu gihe bibwira ko ibyo ko byaba ari ukugaruka kw’abajiadiste, bigeze kugacishaho muri ako karere.

Hari n’abavuga ko hagaragara Boko Haram ariko ko ari abajiadiste bihishe inyuma yayo, kandi ko bafatikanyije na Leta ya kiyisilamu intara ya Afrika y’iburengerazuba, ngo kuko uyu mutwe usigaye ugaba ibitero ukoresheje n’indege zitagira abapilote n’ibisasu biturika itega mu mihanda minini.

Umusirikare warokotse icyo gitero yabwiye ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, ko abagabye iki gitero baje ku bimodoka bya makamyo binini, kandi ngo hejuru y’ibyo bikamyo hari ibibunda biremereye. Nyuma ngo bamaze kugera kuri iki kigo cya gisirikare barakigota.

Yanavuze ko icyo kigo cya gisirikare ko cyarimo ibatoyo izwi nka Task Force 153. Kandi ko icyo kigo giherereye neza mu gace ka Marte muri Borno.

Yabwiye kandi Reuters ko ingabo za Nigeria, izatarashimuswe zahise zihungira muri brigade nini ya Task Force ya 24 ifite icyicaro mu gace ka Dikwa, aho ngo zahise zongera kwikusanyiriza zihita zigaba igitero kuri uyu mutwe wa Boko Haram zongera ku kibohoza.

Umubare w’abasirikare bashimuswe nturamenyekana, ariko amakuru yizewe nuko Boko Haram itaragarura abo yashimuse.

Tags: abasirikareBashimusweNigeriaTask Force
Share28Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?