Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2025
in Regional Politics
0
Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

You might also like

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Muri Nigeria abarwanyi bo mu mutwe wa kiyisilamu bateye ikigo cya Batayo ya Task Force iherereye mu majyaguru ashyira uburengerazuba bwa Leta ya Borno bashimuta abasirikare n’ibikoresho byabo birimo imbunda n’amasasu.

Ni amakuru yatangajwe n’inzego z’umutekano muri Nigeria, aho zemeza ko abarwanyi bo mu mutwe wa Boko Haram bagabye igitero ku kigo cya gisirikare giherereye mu majyaguru ashyira uburengerazuba bwa Leta ya Borno, bashimuta abasirikare n’ibikoresho byabo.

Iki gitero kikaba cyarakozwe mu gitondo cyo ku wa mbere w’iki cyumweru, ibyateye ubwoba yaba Leta ndetse n’ibihugu by’ibituranyi, ni mu gihe bibwira ko ibyo ko byaba ari ukugaruka kw’abajiadiste, bigeze kugacishaho muri ako karere.

Hari n’abavuga ko hagaragara Boko Haram ariko ko ari abajiadiste bihishe inyuma yayo, kandi ko bafatikanyije na Leta ya kiyisilamu intara ya Afrika y’iburengerazuba, ngo kuko uyu mutwe usigaye ugaba ibitero ukoresheje n’indege zitagira abapilote n’ibisasu biturika itega mu mihanda minini.

Umusirikare warokotse icyo gitero yabwiye ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, ko abagabye iki gitero baje ku bimodoka bya makamyo binini, kandi ngo hejuru y’ibyo bikamyo hari ibibunda biremereye. Nyuma ngo bamaze kugera kuri iki kigo cya gisirikare barakigota.

Yanavuze ko icyo kigo cya gisirikare ko cyarimo ibatoyo izwi nka Task Force 153. Kandi ko icyo kigo giherereye neza mu gace ka Marte muri Borno.

Yabwiye kandi Reuters ko ingabo za Nigeria, izatarashimuswe zahise zihungira muri brigade nini ya Task Force ya 24 ifite icyicaro mu gace ka Dikwa, aho ngo zahise zongera kwikusanyiriza zihita zigaba igitero kuri uyu mutwe wa Boko Haram zongera ku kibohoza.

Umubare w’abasirikare bashimuswe nturamenyekana, ariko amakuru yizewe nuko Boko Haram itaragarura abo yashimuse.

Tags: abasirikareBashimusweNigeriaTask Force
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara . Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo byamenyekanye ko burikuzana abacanshuro bo mu majy'epfo ya Leta...

Read moreDetails

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko. Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo wa siporo, Didier Budimbu, yasinyanye amasezerano n'ikipe yo mu Bufaransa, As Monaco...

Read moreDetails

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida wa Afrika y'Epfo yavuze kuri mugenzi we w'u Rwanda Kagame. Umukuru w'igihugu cya Afrika y'Epfo, Cyril Ramophosa, yatangaje ko nta kibazo kiri hagati ye na perezida w'u...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibyatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika byo guhagarika...

Read moreDetails

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
0
AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya. Urubyiruko n'abahoze mu gisirikare n'igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo i Goma no mu nkengero zayo, bakomeje kwiyunga ku bwinshi ku...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?