• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma ya muka Sositeni, hafunzwe abandi Banyamulenge mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
November 21, 2024
in Regional Politics
1
Nyuma ya muka Sositeni, hafunzwe abandi Banyamulenge mu Minembwe.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma ya muka Sositeni, hafunzwe abandi Banyamulenge mu Minembwe.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Abandi Banyamulenge babiri bafunzwe mu Minembwe, aho nabo batawe muri kasho bazira akarengane, nk’uko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zimaze kubihindura akamenyero ibyo gufunga aba banyamulenge baturiye imisozi miremire y’i Mulenge, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize ni bwo umugore wa Sositene Serugaba, Nyabera yatawe muri yombi, ni mu gihe ingabo za FARDC zo muri brigade ya 21 zikorera mu Minembwe zamufunze.

Zivuga ko azira kuba agemurira amasasu n’imbunda Twirwaneho. Ibyo agikomeje guhakana, hubwo bikavugwa ko iz’ingabo zimushakaho amafaranga kuko zizi ko ari umwe muri barwiyemeza mirimo bo muri aka gace, dore ko afite amahoteli n’ibindi bikorwa byubucuruzi hano muri centre ya Minembwe.

Nyuma y’umudamu wa Sositene haje gufungwa undi mugore uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko, witwa Soleil. Ariko we nubwo yaje kurekurwa ariko akomeje gufungishwa ijisho.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo nabwo, hafunzwe abandi bagabo babiri ba Banyamulenge, uwa mbere yafatiwe mu muhana wa Gakenke afatwa ku wa mbere, mu gihe undi wo mu Marango yafashwe ku wa kabiri. Bakaba bafungiwe kuri brigade.

Aba bose bazira ubwoko bwabo, ni mu gihe FARDC ibaziza gushyigikira abana(Twirwaneho) babo, basanzwe babarindira umutekano. Abanyamulenge bavuga ko Twirwaneho yabayeho mu gihe FARDC yari yananiwe kubarwanirira; Inka zabo zibarirwa mu bihumbi birenga amagana ziranyagwa n’imihana yabo amagana isenywa na barwanyi ba Maï Maï.

Si abo bonyine mu Banyamulenge bafunzwe, kuko mbere y’uko umudamu wa Sositene afungwa, udukasho FARDC ifungiramo abantu kuri brigade muri centre ya Minembwe, harimo n’abandi bagabo babiri bakaba bamazemo iminsi badufungiwemo.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko uwatawe muri yombi hano mu Minembwe, iyo atoherejwe i Kinshasa ategekwa gutanga amafaranga kugira arekurwe, atayatanga nabyo agakomeza gufungwa.

Hagati aho, aka gace nti kari gaherukamo imirwano nk’uko byagiye biba mu mwaka ushize. Amezi umunani akaba agiye kurangira neza, nta hantu Maï Maï igabye igite.

Tags: AbanyamulengeBrigade ya 21FardcGufungaMinembwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bya Israel byahitanye abaturage muri Gaza.

Ibitero bya Israel byahitanye abaturage muri Gaza.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    The presence of estrogen influences many areas of the brain including to the hypothalamus, cerebellum, nigrostriatal and mesolimbic system, amygdala, hippocampus, cerebral cortex, and brainstem [url=https://fastpriligy.top/]what is priligy[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?