Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 23, 2025
in Regional Politics
0
Auto Draft
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame.

You might also like

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Afrika y’epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC.

Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi akaba n’umuhungu wa perezida w’iki gihugu, Museveni, nyuma yuko avuye i Kinshasa yavuze ko abavuga ko hari ibyo atemeranya na perezida Paul Kagame w’u Rwanda, bamushakaho ibindi kandi ko azahangana nabo mupaka.

Ni byo Gen Muhoozi yatangaje muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 23/06/2025.

Muhoozi ukunze kwita perezida w’u Rwanda, my uncle (data wacu), abinyujije ku rukuta rwa x, yagize ati: “Umuntu wese uvuga ko hari ibyo ntemeranya na Uncle wanjye nkunda Afande Kagame, ari kwirukira akaga gakomeye kuri njye. Kandi nzahangana na bo.”

Ibi yabitangaje nyuma y’aho mu mpera zakiriya cyumweru gishize yari yagiriye uruzinduko i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni uruzinduko rwari rugamije gukomeza ubufatanye hagati y’igisirikare cya RDC n’icya Uganda kubyo kurwanya umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bw’i ki gihugu cya Muhoozi. ADF ifite ibirindiro muri RDC kuva mu mwaka wa 1999.

Muhoozi ni umwe mu bantu bakunze kujya batanga ibitekerezo ku ntambara imaze igihe ihanganishije igisirikare cya RDC n’umutwe wa M23, aho yakunze kugaragaza ko ashyigikiye ibitekerezo by’uyu mutwe n’impamvu urwanira, anasaba ubutegetsi bwa Congo guhagarika gukomeza gukandamiza Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Muhoozi kandi yagiye yumvikana mu butumwa asaba ingabo za Congo kureka imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR. Akavuga ko uyu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Tags: MuhooziPaul KagameTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
1
Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame. Dr. Emmanuel Musinga wo mu bwoko bw'Abanyamulenge, kuri ubu utuye muri Leta Zunze...

Read moreDetails

Afrika y’epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Afrika y’epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC.

Afrika y'epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC. Igisirikare cya Afrika y'Epfo cyatangaje ko cyiteguye kongera gusubira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

Perezida Trump yavuze ko kubera RDC n'u Rwanda, akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko byari bikwiye ko ahabwa...

Read moreDetails

U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

U Burundi n'u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo. Abayobozi bo mu nzego nkuru z'igihugu cy'u Burundi bagiriye uruzinduko rwakazi mu Rwanda bagirana ibiganiro n'abo muri iki gihugu. Ni...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yageze kwa Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yageze kwa Tshisekedi.

Gen.Muhoozi yageze kwa Tshisekedi. Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa perezida Museveni, General Kainarugaba Muhoozi, yagiriye uruzinduko rwa kazi i Kinshasa ku murwa mukuru wa Congo....

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?