• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma yuko ihuriro ry’Ingabo za RDC zitsinzwe mu rugamba rwabaye none, ryakoreye Abatutsi ibiteye agahinda.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma yuko ihuriro ry’Ingabo za RDC  zitsinzwe mu rugamba rwabaye none, ryakoreye Abatutsi ibiteye agahinda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka zabo mu bwoko bw’Abatutsi ninshi, zishwe zitemaguwe n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma yogutsindwa m’urugamba rwa none.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse, bwatanzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, aho yavuye ko uyumunsi hatemaguwe Inka z’Abatutsi zibarirwa kuri makumyabiri n’icenda, kandi ko zishwe n’abarwanyi barwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Kanyuka yatanze ubu butumwa akoresheje urubuga rwa x, rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, kw’aribwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi ryakoze iki gikorwa kigayitse cyo kwica zitemaguye Inka z’Abatutsi ninshi.

Yagize ati: “Ibyo tumaze kumva biteye agahinda, ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryishe Inka z’abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ibyo bakora biragayitse, biteye ubwoba.”

Yanasobanuye ko Inka zishwe ko zirenga 29, kandi ko zishwe ahanini n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi na FARDC, yemeza ko abazishe ari FDLR na Nyatura, imitwe ibiri ihuriye mu cyiswe Wazalendo.

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko FDLR na Nyatura bakoze iki gikorwa cyo kwica Inka z’Abatutsi nyuma yuko bari bamaze gutsindwa mu bitero bari bagabye kuri uyu wa Gatanu mu birindiro bya M23 biherereye mu nkengero za Kanyaboyonga, mu gace kitwa Bulindi na Butalongola.

Ubutumwa bwa mashusho Lawrence Kanyuka yashize hanze, bwagaragazaga Inka zatemaguwe ibitsi, ahandi wabonaga aho zabagiwe, ndetse kandi wabonaga n’imirambo y’izi nka irambaraye ku musozi wo mu Kivuye muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Tubibutsa ko izi nka, ko zatemaguwe n’abarwanyi barwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu gihe aba barwanyi bari bamaze gutsindwa mu rugamba bari bashoye kuri M23, biza kurangira uyu mutwe wa M23 wirwanyeho ukubita inshuro abarwanirira leta ya Kinshasa.

Byanavuzwe kandi ko abarwanirira leta ya Perezida Felix Tshisekedi, mu rugamba barwanye none, bambuwe ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo n’imbunda zirasa kure.

             MCN....
Tags: AbatutsiIhuriro ry'Ingabo za RDCInkaKivuyeRutshuruZishwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?