• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2025
in Regional Politics
0
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Olusegun Obasanjo wabaye umukuru w’igihugu cya Nigeria yagiriye uruzinduko i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, agirana ibiganiro n’umukuru w’iki gihugu Felix Tshisekedi.

Kuri ubu Obasanjo ni umwe mubahuza bashyizweho n’imuryango uwa EAC n’uwa SADC ku bibazo by’intambara mu Burasizuba bwa Congo.

Ni muri ubwo buryo ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 25/06/2025, yagiriye uruzinduko i Kinshasa anabonana na Tshisekedi.

Uru ruzinduko yarukoze nyuma y’aho yari avuye i Kigali mu Rwanda, aho naho yabonanye na perezida Paul Kagame. Amakuru avuga ko ibiganiro uyu muhuza ari gukorana n’aba bakuru b’ibihugu ahanini barebera hamwe uko intambara zahagarara mu Burasizuba bwa Congo.

Obasanjo ubwe aganira n’itangazamakuru yavuze ko ari kugerageza amahirwe yose ahari ku bijyanye n’imibanire hagati y’u Rwanda na Congo, kugira ngo amahoro agaruke.

Yagize ati: “Ibiganiro nagiranye n’abavandimwe banjye bombi bo mu Rwanda no muri RDC biri ku murongo mwiza.”

Yavuze ko nyuma y’i Kinshasa azahita ajya i Lome muri Togo guha raporo perezida Faure Gnassingbé, umuhuza mukuru mu bibazo by’u Rwanda na Congo, washyizweho n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Abandi bahuza mu gushaka amahoro muri RDC uretse Olusegun Obasanjo, hari Uhuru Kenyatta wategetse Kenya, Kgalema Montlante, wayoboye Catherine Samba Panza wayoboye Centrafrique ndetse na Sahle-Work Zewde wategetse Ethiopia.

Tags: ObasanjoRdcTshisekedi
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?