• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka kubwira abarundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni ivugwa mu gitabo cy’Itangiriro na Ezekiel, byo muri Bibiliya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’i byo yavuze ku wa Kabiri, tariki ya 27/02/2024, ubwo yari mu Nama y’u bukerarugendo yabereye kuri Hotel Club du Lac Tanganyika, i Bujumbura. Yavuze ko abarundi bafite igihugu cyiza ariko batakizi.

Yasobanuriye abitabiriye iyi Nama ko Nowa yari yarubatse iyi nkuge mu Burundi. Ati: “Ubwato(inkuge) bwa Nowa, uvurwa muri Bibiliya, bwavuye i Burundi, imvura yaguye yarimo imiyaga myinshi. Umuyaga urabutwara, hanyuma umwuzure wagiye kurangira bugeze muri Israel.”

Mu Itangiriro handitse ko umugezi uturuka muri Edeni wigabanyemo indi ine irimo: Pishoni ugose igihugu cyose cya Kush, Hidekelu igose Ashuri n’uwa Ufrate.

Ndayishimiye rero we iyo migezi ya yise: “Rusizi, Ruvubu, Marangarazi n’Akanyaru.”

Avuga ko “impamvu abarundi batabyemera ari uko abamayika bafite inkota z’umuriro bahahishe.”

Yakomeje asobanura ko u Burundi “bukoze ku nyanja” bitewe n’uko amazi abuturukamo yisuka muri Pacifique, abanjye kunyura muri Tanganyika, agakomereza mu ruzi rwa rukuga narwo rugasuka mu rwa Congo, agakomereza muri Atlantique.

Perezida Ndayishimiye ahamya ko impamvu abanyamahanga bakunze gusura u Burundi ari uko iki Gihugu gifite umwihariko waho.

Hari naho yageze avuga ko u Burundi ariyo ngombyi ya Edeni. Ati: “U Burundi ni ingombyi ya Edeni. Igihe Imana yirukanaga Adamu na Eva mu ngombyi ya Edeni, yazanye inkota z’umuriro kugira ngo baharinde, ntibazasubireyo.”

           MCN.
Tags: BurundiEvariste NdayishimiyeImpamvu batabyumvaIngombyi ya Edeni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Republika ya demokarasi ya Congo,umugabo  yirukanwe mu kazi azira kuba afitanye amasano na Corneille Nangaa.

Muri Republika ya demokarasi ya Congo,umugabo yirukanwe mu kazi azira kuba afitanye amasano na Corneille Nangaa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?