• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Antoine Tshilombo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, ukomeje kunenga ubutegetsi bwe.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Antoine Tshilombo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, ukomeje kunenga ubutegetsi bwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka gushinja u butegetsi bwe, gukorana n’imitwe y’inyeshamba ihungabanya umutekano w’abaturage muri Congo Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibikubiye mu butumwa umukuru w’igihugu cya RDC yatanze mu kiganiro yagiranye n’igitangaza makuru cya Le Figaro, cyandikirwa mu Bufaransa.

Muri icyo kiganiro, ubwo Tshilombo yabazwaga ku biheruka gutangazwa na Karidinali Frodolin Ambongo washinje Kinshasa gukorana na FDLR, Tshilombo yasubije ko “ubwisanzure mugutanga ibitekerezo bidakwiye ko ugomba gutanga ibinyoma, kabone niyo waba umukaridinali!”

Perezida Félix Tshilombo, yashimangiye ibi avuga ko we, azakomeza guharanira ko ubutabera bubaho muri iki gihugu. Ariko butarimo gushinja ibinyoma ubutegetsi.

Yanaboneyeho kuvuga ko nawe ari mu bashigikira ubwisanzure mugutanga ibitekerezo kandi ko yabirwaniye ariko ko yagiye abikora akoresheje ukuri.

Ati: “Narabirwaniye muri oposisiyo, ariko kandi nirinze kugira uwo mbangamira.”

Karidinali Frodolin Ambongo, muri iki gihe yibasiriwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku mpamvu zibyo yagiye atangaza mu munsi ishyize.

Haraho yavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukorana n’imitwe y’inyeshamba, irimo FDLR na Wazalendo, kandi avuga ko iyo mitwe yitwaje imbunda ari yo iri nyuma yumutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ubundi kandi Karidinali Frodolin Ambongo yagereranije igisirikare cya leta ya Congo, n’umurwayi uri muri koma utagira icyo ahitamo nicyo yanga.

Ibi ubutegetsi bwa Kinshasa bwavuze ko ari uguca intege abasirikare bari ku urugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu mpera z’u kwezi kwa Gatatu, uyu mwaka, nibwo hatangiye kuba umwuka mubi hagati ya kiliziya Gatolika n’u butegetsi bwa Kinshasa.

Kugeza ubu ntibacana uwaka.

           MCN.
Tags: Kuri Karidinali Frodolin AmbongoTshilomboUbutegetsi bweUnengaYagize icyo avuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa bo mboli bomboli, muri Niger nyuma y’uko ingabo z’u Burusiya zinjiranye iza Amerika mu makambi yabo.

Haravugwa bo mboli bomboli, muri Niger nyuma y'uko ingabo z'u Burusiya zinjiranye iza Amerika mu makambi yabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?