Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Antoine Tshilombo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, ukomeje kunenga ubutegetsi bwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 3, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Antoine Tshilombo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, ukomeje kunenga ubutegetsi bwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka gushinja u butegetsi bwe, gukorana n’imitwe y’inyeshamba ihungabanya umutekano w’abaturage muri Congo Kinshasa.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nibikubiye mu butumwa umukuru w’igihugu cya RDC yatanze mu kiganiro yagiranye n’igitangaza makuru cya Le Figaro, cyandikirwa mu Bufaransa.

Muri icyo kiganiro, ubwo Tshilombo yabazwaga ku biheruka gutangazwa na Karidinali Frodolin Ambongo washinje Kinshasa gukorana na FDLR, Tshilombo yasubije ko “ubwisanzure mugutanga ibitekerezo bidakwiye ko ugomba gutanga ibinyoma, kabone niyo waba umukaridinali!”

Perezida Félix Tshilombo, yashimangiye ibi avuga ko we, azakomeza guharanira ko ubutabera bubaho muri iki gihugu. Ariko butarimo gushinja ibinyoma ubutegetsi.

Yanaboneyeho kuvuga ko nawe ari mu bashigikira ubwisanzure mugutanga ibitekerezo kandi ko yabirwaniye ariko ko yagiye abikora akoresheje ukuri.

Ati: “Narabirwaniye muri oposisiyo, ariko kandi nirinze kugira uwo mbangamira.”

Karidinali Frodolin Ambongo, muri iki gihe yibasiriwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku mpamvu zibyo yagiye atangaza mu munsi ishyize.

Haraho yavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukorana n’imitwe y’inyeshamba, irimo FDLR na Wazalendo, kandi avuga ko iyo mitwe yitwaje imbunda ari yo iri nyuma yumutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ubundi kandi Karidinali Frodolin Ambongo yagereranije igisirikare cya leta ya Congo, n’umurwayi uri muri koma utagira icyo ahitamo nicyo yanga.

Ibi ubutegetsi bwa Kinshasa bwavuze ko ari uguca intege abasirikare bari ku urugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu mpera z’u kwezi kwa Gatatu, uyu mwaka, nibwo hatangiye kuba umwuka mubi hagati ya kiliziya Gatolika n’u butegetsi bwa Kinshasa.

Kugeza ubu ntibacana uwaka.

           MCN.
Tags: Kuri Karidinali Frodolin AmbongoTshilomboUbutegetsi bweUnengaYagize icyo avuga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa bo mboli bomboli, muri Niger nyuma y’uko ingabo z’u Burusiya zinjiranye iza Amerika mu makambi yabo.

Haravugwa bo mboli bomboli, muri Niger nyuma y'uko ingabo z'u Burusiya zinjiranye iza Amerika mu makambi yabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?