• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Antoine Tshilombo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, ukomeje kunenga ubutegetsi bwe.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Antoine Tshilombo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, ukomeje kunenga ubutegetsi bwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyo avuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka gushinja u butegetsi bwe, gukorana n’imitwe y’inyeshamba ihungabanya umutekano w’abaturage muri Congo Kinshasa.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Nibikubiye mu butumwa umukuru w’igihugu cya RDC yatanze mu kiganiro yagiranye n’igitangaza makuru cya Le Figaro, cyandikirwa mu Bufaransa.

Muri icyo kiganiro, ubwo Tshilombo yabazwaga ku biheruka gutangazwa na Karidinali Frodolin Ambongo washinje Kinshasa gukorana na FDLR, Tshilombo yasubije ko “ubwisanzure mugutanga ibitekerezo bidakwiye ko ugomba gutanga ibinyoma, kabone niyo waba umukaridinali!”

Perezida Félix Tshilombo, yashimangiye ibi avuga ko we, azakomeza guharanira ko ubutabera bubaho muri iki gihugu. Ariko butarimo gushinja ibinyoma ubutegetsi.

Yanaboneyeho kuvuga ko nawe ari mu bashigikira ubwisanzure mugutanga ibitekerezo kandi ko yabirwaniye ariko ko yagiye abikora akoresheje ukuri.

Ati: “Narabirwaniye muri oposisiyo, ariko kandi nirinze kugira uwo mbangamira.”

Karidinali Frodolin Ambongo, muri iki gihe yibasiriwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku mpamvu zibyo yagiye atangaza mu munsi ishyize.

Haraho yavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukorana n’imitwe y’inyeshamba, irimo FDLR na Wazalendo, kandi avuga ko iyo mitwe yitwaje imbunda ari yo iri nyuma yumutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ubundi kandi Karidinali Frodolin Ambongo yagereranije igisirikare cya leta ya Congo, n’umurwayi uri muri koma utagira icyo ahitamo nicyo yanga.

Ibi ubutegetsi bwa Kinshasa bwavuze ko ari uguca intege abasirikare bari ku urugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu mpera z’u kwezi kwa Gatatu, uyu mwaka, nibwo hatangiye kuba umwuka mubi hagati ya kiliziya Gatolika n’u butegetsi bwa Kinshasa.

Kugeza ubu ntibacana uwaka.

           MCN.
Tags: Kuri Karidinali Frodolin AmbongoTshilomboUbutegetsi bweUnengaYagize icyo avuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa bo mboli bomboli, muri Niger nyuma y’uko ingabo z’u Burusiya zinjiranye iza Amerika mu makambi yabo.

Haravugwa bo mboli bomboli, muri Niger nyuma y'uko ingabo z'u Burusiya zinjiranye iza Amerika mu makambi yabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?