Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yabajijwe icyo yenda gukora ngo agaruze imijyi irenga 120 imaze gufatwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 5, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Félix Tshisekedi yabajijwe icyo yenda gukora ngo agaruze imijyi irenga 120 imaze gufatwa.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yabajijwe icyo yenda gukora ngo agaruze imijyi irenga 120 imaze gufatwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Martin Fayulu watanze ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, abaza perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi icyo ateganya gukora kugira ngo yisubize ibice avuga ko bigera ku 120 umutwe wa m23 wafashe mu Burasirazuba bwa RDC.

Yabajije ibi bibazo abayobozi ba RDC niba badashobora kurengera ubusugire bw’igihugu kandi abaza niba itegeko nshinga ribuza perezida kubwiza ukuri Abanyekongo kungamba zafatwa zo kugarura umutekano muri iki gihugu byumwihariko mu Burasirazuba bwacyo.

Ibyo bwana Martin Fayulu, umunyapolitiki utavugarumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, yabibajije mu gihe umutwe wa m23 ukomeje kwigarurira ibindi bice, ni mu gihe no ku Cyumweru tariki ya uyu mutwe wafashe umujyi wa Kamandi Gite uherereye muri teritware ya Lubero.

Uwo mujyi wafashwe nyuma y’indi mijyi mito n’iminini nanone m23 yabohoje mu mirwano iheruka kubera i Walikale.
Ifatwa rya Kamandi Gite ryafunguye inzira igana mu mujyi wa Beni kandi itanga uburyo bwo kugera ku kiyaga cya Edward, ku mupaka na Uganda, bityo bituma impungenge ziyongera ku mitwe yitwaje intwaro ihakorera.

Hagati aho, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko gitegereje amabwiriza mashya y’abayobozi bayo kugira ngo bagabe ibitero bikaze ku mutwe wa m23. Iki kibazo cyakuruye icyifuzo cy’imiryango itegamiye kuri Leta, yagaragaje ko ari ngombwa kurinda no kurengera igihugu mu gihe iki kibazo kigenda cyiyongera.

Tags: FayuluRdcTshisekedi
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

Ibyo wa menya k'uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    best site to buy priligy canada Are you going to take Clomid too

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?