• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yasabye abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi gusaba ama-Leta yabo gufatira u Rwanda ibihano ngo kuko ari rwo rwihishe inyuma y’umutwe wa M23, kandi ko iyi ntambara ishobora kuzagera mu gihugu cye cy’u Burundi.

Ahar’ejo tariki ya 31/01/2025, ni bwo perezida w’u Burundi yakoresheje ikiganiro, aho cy’itabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu, maze abanza kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2025, nyuma avuga ku ntambara ikomeje kubica bigacika mu burasirazuba bwa RDC ko uyi rinyuma ateye ubwoba u Burundi.

Yavuze ko afite amakenga ku mirwano irimo iba muri RDC, ihanganishije umutwe wa M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, agaragaza ko iyo mirwano ishobora kuzafatira akarere kose karimo n’igihuggu cye. Kandi yemeza ko u Rwanda rwihishye inyuma y’umutwe wa M23.

Yagize ati: “U Rwanda rukomeje gufata imbibi z’ikindi gihugu, ntabwo tuzobyemera, ndabizi ko ejo n’ejobundi bizagera no mu Burundi.”

Uyu mukuru w’igihugu yasabye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu cy’u Burundi, gukora iyo bwakabaga bagasaba za Guverinoma zabo kwiyama u Rwanda, kandi bakanarufatira ibihano bikakaye. Avuga ko ibyo byakagombye gukorwa vuba ngo amazi atararenga inkombe.

Nyamara kandi yanaboneyeho kwibutsa aba badipolomate ko u Burundi butazacyeceka, hubwo ko buzafasha umuturanyi wabwo.

Ati: “Ntabwo u Burundi buzemera ko inzu y’umuturanyi ikomeza gusha ngo burebere, oya. Ni yawe buriya iba yegereje gusha. Rero tuzafasha Congo turwanye umwanzi wayo.”

U Burundi bufite ingabo zabwo zirenga ibihumbi 15 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo muri RDC. Iz’i ngabo zifatanya n’iza RDC kurwanya umutwe wa M23.

Gusa ntacyo zihindura, kuko imyaka itatu zimaze zifatanya n’iza Congo(FARDC) kurwanya M23 ntacyo zafashije, kuko uyu mutwe wakomeje kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo n’iya Ruguru.

Ikindi n’uko izo ngabo z’u Burundi zipfira cyane mu mirwano, aho ndetse n’umugoroba w’ahar’ejo bivugwa ko mu nkengero za Localité ya Nyabibwe muri teritwari ya Kalehe zahiciwe ari nyinshi kuburyo amakuru avayo ahamya ko hapfuye ababarirwa mu magana.

Mu gihe kandi mu ntangiriro z’uku kwezi ubwo imirwano yabaga muri centre ya Masisi no mu gace ka Ngungu, icyo gihe naho byavuzwe ko ingabo z’u Burundi zapfiriye gushyira, aho n’ibitangazamakuru byinshi byavuze ko hapfuye abarenga 500.

Tags: FardcIngabo z'u BurundiM23
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye Kubera inzara mu murwa mukuru w'ubukungu w'i gihugu cy'u Burundi, imiryango imwe ni mwe...

Read moreDetails

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

I Burundi hikanzwe coup d'etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye, yasubitse uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma y'uko amenye ko...

Read moreDetails

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n'umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w'u Rwanda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umuryango wa Habyarimana bemezanyije gutangira kubaka...

Read moreDetails

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails
Next Post
Amasasu Fardc yaraye irasa mu Mikenke menya ukwayo.

Amasasu Fardc yaraye irasa mu Mikenke menya ukwayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?