• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yasabye abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi gusaba ama-Leta yabo gufatira u Rwanda ibihano ngo kuko ari rwo rwihishe inyuma y’umutwe wa M23, kandi ko iyi ntambara ishobora kuzagera mu gihugu cye cy’u Burundi.

Ahar’ejo tariki ya 31/01/2025, ni bwo perezida w’u Burundi yakoresheje ikiganiro, aho cy’itabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu, maze abanza kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2025, nyuma avuga ku ntambara ikomeje kubica bigacika mu burasirazuba bwa RDC ko uyi rinyuma ateye ubwoba u Burundi.

Yavuze ko afite amakenga ku mirwano irimo iba muri RDC, ihanganishije umutwe wa M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, agaragaza ko iyo mirwano ishobora kuzafatira akarere kose karimo n’igihuggu cye. Kandi yemeza ko u Rwanda rwihishye inyuma y’umutwe wa M23.

Yagize ati: “U Rwanda rukomeje gufata imbibi z’ikindi gihugu, ntabwo tuzobyemera, ndabizi ko ejo n’ejobundi bizagera no mu Burundi.”

Uyu mukuru w’igihugu yasabye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu cy’u Burundi, gukora iyo bwakabaga bagasaba za Guverinoma zabo kwiyama u Rwanda, kandi bakanarufatira ibihano bikakaye. Avuga ko ibyo byakagombye gukorwa vuba ngo amazi atararenga inkombe.

Nyamara kandi yanaboneyeho kwibutsa aba badipolomate ko u Burundi butazacyeceka, hubwo ko buzafasha umuturanyi wabwo.

Ati: “Ntabwo u Burundi buzemera ko inzu y’umuturanyi ikomeza gusha ngo burebere, oya. Ni yawe buriya iba yegereje gusha. Rero tuzafasha Congo turwanye umwanzi wayo.”

U Burundi bufite ingabo zabwo zirenga ibihumbi 15 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo muri RDC. Iz’i ngabo zifatanya n’iza RDC kurwanya umutwe wa M23.

Gusa ntacyo zihindura, kuko imyaka itatu zimaze zifatanya n’iza Congo(FARDC) kurwanya M23 ntacyo zafashije, kuko uyu mutwe wakomeje kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo n’iya Ruguru.

Ikindi n’uko izo ngabo z’u Burundi zipfira cyane mu mirwano, aho ndetse n’umugoroba w’ahar’ejo bivugwa ko mu nkengero za Localité ya Nyabibwe muri teritwari ya Kalehe zahiciwe ari nyinshi kuburyo amakuru avayo ahamya ko hapfuye ababarirwa mu magana.

Mu gihe kandi mu ntangiriro z’uku kwezi ubwo imirwano yabaga muri centre ya Masisi no mu gace ka Ngungu, icyo gihe naho byavuzwe ko ingabo z’u Burundi zapfiriye gushyira, aho n’ibitangazamakuru byinshi byavuze ko hapfuye abarenga 500.

Tags: FardcIngabo z'u BurundiM23
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

by Bahanda Bruce
August 9, 2026
0
“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umurundikazi witwa Pamella Mubeza, uheruka kuva muri Canada...

Read moreDetails

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir MINEMBWE...

Read moreDetails

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Amasasu Fardc yaraye irasa mu Mikenke menya ukwayo.

Amasasu Fardc yaraye irasa mu Mikenke menya ukwayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?