Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yakoze impinduka muri Guverinoma ye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yakoze impinduka muri Guverinoma ye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yakoze impinduka muri Guverinoma ye.

You might also like

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Nibikubiye mu itangazo leta ya Kigali yashize hanze kuri uyu wa Gatatu, riteweho umukono na minisitiri w’intebe, Dr Eduard Ngirente.

Nk’uko bigaragara muri iryo tangazo rivuga ko Olivier Nduhungirehe wari Ambasaderi, yagizwe minisitiri w’ubanye n’amahanga n’ubutwererane wa leta y’u Rwanda.

Naho Yussuf Murangwa yagizwe minisitiri w’imari n’igenamigambi, mu gihe uwari minisitiri w’ubanye n’amahanga Dr Vincent Biruta yagizwe minisitiri w’umutekano mu gihugu.

Dr Valentine Uwamariya nawe yahawe kuyobora minisiteri y’ibidukukije.

Madame Mutesi Rusagara we agirwa umunyamabanga wa leta ushinzwe isohoramari rya leta no kwegeranya imari muri Minecofin.

Naho bwana Olivier Kabera agirwa umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ibikorwa remezo.

Abandi bahawe inshingano hari Aimable Havugimana wahawe inshingano zo kuba umunyamabanga mukuru w’urwego rushinzwe iperereza n’umutekano (NISS).

Major Gen Joseph Nzabamwita ahabwa kuba umujanama mukuru mu by’umutekano mu biro bya perezida wa Repubulika.

Mu gihe bwana Fulgence Dusabimana yagizwe umukozi w’ungirije w’umujyi wa Kigali ushinzwe ibikorwa remezo.

Ni impinduka perezida w’u Rwanda Paul Kagame yakoze ashingiye ku itegeko nshinga ry’iki gihugu, ahanini yabikoze yishingikirije ingingo ya 116 na 112, nk’uko ibi tubikesha ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu.

               MCN.
Tags: Paul KagameRwandaYakoze impinduka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Kivu y'Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b'intara ya Kivu y'Amajyepfo, guverineri na visi guverineri....

Read moreDetails

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y'amahoro. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirigushyira imbaraga ku Rwanda, aho zirusaba kuvana ingabo zarwo k'u butaka...

Read moreDetails
Next Post
M23 yikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

M23 yikomye umuryango w'Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n'intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?