• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Hari mu kiganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yagiranye n’ibitangaza makuru by’imbere mu gihugu bitandukanye, aha r’ejo ku wa Mbere tariki ya 17/06/2024.

Iki kiganiro agikoze mu gihe haburaga iminsi mike kugira ngo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida ndetse n’uwabadepite mu Rwanda bigere.

Ni ikiganiro yakoreye muri Village Urugwiro. Cyatambukaga ku binyamakuru byose bya leta , ndetse n’ibindi bya bikorera ku giti cyabo.

Ku ngingo y’amatora ateganyijwe muri uy’u mwaka perezida Kagame yizeje ko yiteguye gukora ibirenzeho mu mugambi wo kongera umuvuduko w’iterambere.

Abanyamakuru baje ku mutera ikibazo cyabavuga ko nta demokarasi iba mu Rwanda, nawe asubuza ko ibyo byose bishingiye ku mateka yaburi gihugu. Perezida Paul Kagame nta gihugu yashize mu majwi ariko yavuze ko hari ibihugu byumva ko bifite demokarasi ibereye ibindi cyane iyo bigeze ku matora avuga ko birushaho.

Perezida Paul Kagame azahagarira ishyaka rya RPF Inkotanyi riri ku butegetsi, yanagize icyo avuga kuri ankete iherutse gukorwa ku Rwanda n’ibitangaza makuru byishize hamwe cyane ibyo ku mu gabane w’u Burayi mu mushinga byise “Rwanda Classified.” Iyi ivuga uburyo ubutegetsi bwa Kigali bwibasira abatavuga rumwe nayo b’imbere mu gihugu no kurenga imbibi zacyo barimo n’abanyamakuru.

Aha Kagame yavuze ko abo banyamakuru bapfusha ubusa umwanya wabo ko amafaranga yabo bakwiye kuyakoresha mu bindi.

Naho ku kirebana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, perezida Paul Kagame yahakanye ko nta ruhare rw’u Rwanda muri icyo kibazo. Avuga ko ikibazo cyakagombye gushakirwa ahandi aho kucyegeka ku Rwanda na we ubwe.

Muri iki kiganiro kandi yijeje abatura Rwanda ko mu matora bagomba kwizera umutekano wabo, ko ndetse aboshaka ku wuhungabanya bitobahira.

Ikiganiro nk’iki ni ubwambere gitambutse ku bitangaza makuru byinshi bikorera mu gihugu Amatora yegereje. Bamwe babona nk’aho kiri mu murongo wo kwiyamamaza.

Kwiyamamaza gutegeka u Rwanda bizatangira ku itariki ya 22/06/2024. Perezida Paul Kagame uri mu bakandida azaba agiye kwiyamamaza kuyobora u Rwanda muri manda ye ya Kane. Azaba ari guhatana na Frank Habineza wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, ndetse na Filipo Mpayimana, umukandida wigenga.

       MCN.
Tags: ikiganiroPaul KagameUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n’u mugore we, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n'u mugore we, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?