• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Hari mu kiganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yagiranye n’ibitangaza makuru by’imbere mu gihugu bitandukanye, aha r’ejo ku wa Mbere tariki ya 17/06/2024.

Iki kiganiro agikoze mu gihe haburaga iminsi mike kugira ngo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida ndetse n’uwabadepite mu Rwanda bigere.

Ni ikiganiro yakoreye muri Village Urugwiro. Cyatambukaga ku binyamakuru byose bya leta , ndetse n’ibindi bya bikorera ku giti cyabo.

Ku ngingo y’amatora ateganyijwe muri uy’u mwaka perezida Kagame yizeje ko yiteguye gukora ibirenzeho mu mugambi wo kongera umuvuduko w’iterambere.

Abanyamakuru baje ku mutera ikibazo cyabavuga ko nta demokarasi iba mu Rwanda, nawe asubuza ko ibyo byose bishingiye ku mateka yaburi gihugu. Perezida Paul Kagame nta gihugu yashize mu majwi ariko yavuze ko hari ibihugu byumva ko bifite demokarasi ibereye ibindi cyane iyo bigeze ku matora avuga ko birushaho.

Perezida Paul Kagame azahagarira ishyaka rya RPF Inkotanyi riri ku butegetsi, yanagize icyo avuga kuri ankete iherutse gukorwa ku Rwanda n’ibitangaza makuru byishize hamwe cyane ibyo ku mu gabane w’u Burayi mu mushinga byise “Rwanda Classified.” Iyi ivuga uburyo ubutegetsi bwa Kigali bwibasira abatavuga rumwe nayo b’imbere mu gihugu no kurenga imbibi zacyo barimo n’abanyamakuru.

Aha Kagame yavuze ko abo banyamakuru bapfusha ubusa umwanya wabo ko amafaranga yabo bakwiye kuyakoresha mu bindi.

Naho ku kirebana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, perezida Paul Kagame yahakanye ko nta ruhare rw’u Rwanda muri icyo kibazo. Avuga ko ikibazo cyakagombye gushakirwa ahandi aho kucyegeka ku Rwanda na we ubwe.

Muri iki kiganiro kandi yijeje abatura Rwanda ko mu matora bagomba kwizera umutekano wabo, ko ndetse aboshaka ku wuhungabanya bitobahira.

Ikiganiro nk’iki ni ubwambere gitambutse ku bitangaza makuru byinshi bikorera mu gihugu Amatora yegereje. Bamwe babona nk’aho kiri mu murongo wo kwiyamamaza.

Kwiyamamaza gutegeka u Rwanda bizatangira ku itariki ya 22/06/2024. Perezida Paul Kagame uri mu bakandida azaba agiye kwiyamamaza kuyobora u Rwanda muri manda ye ya Kane. Azaba ari guhatana na Frank Habineza wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, ndetse na Filipo Mpayimana, umukandida wigenga.

       MCN.
Tags: ikiganiroPaul KagameUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n’u mugore we, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n'u mugore we, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?