• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yateye utwatsi ibyanditswe n’abanyamakuru bahuriye muri Forbidden Stories, ndetse agira n’icyo avuga ku by’u Burasirazuba bwa RDC.

Hari mu kiganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yagiranye n’ibitangaza makuru by’imbere mu gihugu bitandukanye, aha r’ejo ku wa Mbere tariki ya 17/06/2024.

READ ALSO

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

Iki kiganiro agikoze mu gihe haburaga iminsi mike kugira ngo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida ndetse n’uwabadepite mu Rwanda bigere.

Ni ikiganiro yakoreye muri Village Urugwiro. Cyatambukaga ku binyamakuru byose bya leta , ndetse n’ibindi bya bikorera ku giti cyabo.

Ku ngingo y’amatora ateganyijwe muri uy’u mwaka perezida Kagame yizeje ko yiteguye gukora ibirenzeho mu mugambi wo kongera umuvuduko w’iterambere.

Abanyamakuru baje ku mutera ikibazo cyabavuga ko nta demokarasi iba mu Rwanda, nawe asubuza ko ibyo byose bishingiye ku mateka yaburi gihugu. Perezida Paul Kagame nta gihugu yashize mu majwi ariko yavuze ko hari ibihugu byumva ko bifite demokarasi ibereye ibindi cyane iyo bigeze ku matora avuga ko birushaho.

Perezida Paul Kagame azahagarira ishyaka rya RPF Inkotanyi riri ku butegetsi, yanagize icyo avuga kuri ankete iherutse gukorwa ku Rwanda n’ibitangaza makuru byishize hamwe cyane ibyo ku mu gabane w’u Burayi mu mushinga byise “Rwanda Classified.” Iyi ivuga uburyo ubutegetsi bwa Kigali bwibasira abatavuga rumwe nayo b’imbere mu gihugu no kurenga imbibi zacyo barimo n’abanyamakuru.

Aha Kagame yavuze ko abo banyamakuru bapfusha ubusa umwanya wabo ko amafaranga yabo bakwiye kuyakoresha mu bindi.

Naho ku kirebana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, perezida Paul Kagame yahakanye ko nta ruhare rw’u Rwanda muri icyo kibazo. Avuga ko ikibazo cyakagombye gushakirwa ahandi aho kucyegeka ku Rwanda na we ubwe.

Muri iki kiganiro kandi yijeje abatura Rwanda ko mu matora bagomba kwizera umutekano wabo, ko ndetse aboshaka ku wuhungabanya bitobahira.

Ikiganiro nk’iki ni ubwambere gitambutse ku bitangaza makuru byinshi bikorera mu gihugu Amatora yegereje. Bamwe babona nk’aho kiri mu murongo wo kwiyamamaza.

Kwiyamamaza gutegeka u Rwanda bizatangira ku itariki ya 22/06/2024. Perezida Paul Kagame uri mu bakandida azaba agiye kwiyamamaza kuyobora u Rwanda muri manda ye ya Kane. Azaba ari guhatana na Frank Habineza wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, ndetse na Filipo Mpayimana, umukandida wigenga.

       MCN.
Tags: ikiganiroPaul KagameUmutekano

Related Posts

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania
Regional Politics

Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania

September 8, 2026
Next Post
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n’u mugore we, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n'u mugore we, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?