• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Paul Kagame yavuze ku by’amabuye y’agaciro igihugu cye gishinjwa kwiba.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2025
in World News
0
Perezida w’u Rwanda yagaye mugenzi we wa Afrika y’Epfo.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame yavuze ku by’amabuye y’agaciro igihugu cye gishinjwa kwiba.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko Afrika y’Epfo n’ibihugu bimwe byo ku mugabane w’u Burayi, ari byo byungukira cyane mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ibyo perezida Paul Kagame yagarutseho ahar’ejo tariki ya 03/02/2025, ubwo yarimo atanga ikiganiro kuri CNN.

Umunyamakuru w’iyi televisiyo ya CNN yateye ikibazo perezida w’u Rwanda agira ati: “Koko u Rwanda rukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Coltan muri RDC? Undi nawe amusubiza ko ibyo bihabanye n’ukuri ngo kuko u Rwanda rufite ibirombe rucukuramo ayo mabuye.

Kagame yanasabye uyu munyamakuru kuzaza akamwereka aho u Rwanda ruyacukura, yagize ati: “Ndagutumiye, uzaze nzakwereka aho ducukura Coltan.”

Hanyuma uyu munyamakuru yongeye kumubaza niba hari andi mabuye y’agaciro u Rwanda rwaba rucukura muri Congo nk’uko bikunze kugaragazwa n’abategetsi benshi b’i Kinshasa, perezida Kagame yahise asubiza ko abungukira muri ibyo bikorwa ari Afrika y’Epfo n’ibindi bihugu bitari u Rwanda.

Yagize ati: “Ibyo ntacyo mbiziho kubera ko icyo ntigishobora kuba ikibazo. Abantu bari kungukira muri ayo mabuye y’agaciro ya Congo kurusha undi uwo ari we wese ni Afrika y’Epfo n’abo Banyaburayi.”

Guverinoma y’u Rwanda igaragaza ko munsi y’ubutaka bwarwo harimo Toni miliyoni 112 z’amabuye y’agaciro y’ubwoko butandukanye, afite agaciro ka miliyari 154$ kandi ko ubushakashatsi bugikomeje.

Ni mu gihe kandi ubushakashatsi bwakozwe mu 2017, bwagaragaje ko mu Rwanda hari uduce 52 turimo amabuye y’agaciro, aho utugera kuri 37 twacukuwemo, ariko ko utundi 10 tutarigera ducukurwamo.

Iki gihugu cy’u Rwanda gifite amabuye y’agaciro mu butaka bwarwo atandukanye ndetse kuri ubu rufite n’inganda ziyatunganya zirimo urutunganya zahabu ndetse n’urutunganya Coltan.

Tags: Amabuye y'AgaciroCNNRdcRwanda
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.

Iby'ikibuga cy'indege cya Goma byasabwe ko gifungurwa byihuse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?