• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’ikibuga cy’indege cya Goma byasabwe ko gifungurwa byihuse.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.
165
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ikibuga cy’indege cya Goma byasabwe ko gifungurwa byihuse.

You might also like

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Umuryango w’Abibumbye wasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma, kuri ubu kigenzurwa n’uyu mutwe urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ni ubusabe umuryango w’Abibumbye wasabye ubinyujije mu muhuza bikorwa wayo ushyinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis.

Mu itangazo uyu muhuza bikorwa mu muryango w’Abibumbye yashyize hanze kuri uyu wa kabiri tariki ya 04/02/2025, risaba M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihuse, mu rwego rwo kugira ngo ubutabazi bugere ku baturage bahunze intambara.

Ahanini ubu butabazi n’i ubw’imiryango mpuzamahanga ishaka kugeza ubufasha kubahunze imirwano ishamiranyije umutwe wa M23 n’ingabo za Leta (FARDC).

Iri tangazo kandi rivuga ko imirwano yagize ingaruka zikomeye ku buzima bw’abantu, kandi ko kubera gufunga ikibuga cy’indege cya Goma bituma ibi bikorwa byo gufasha bibura inzira muburyo bwihuse.

Uyu muyobozi wo mu muryango w’Abibumbye, akomeza avuga ko ubuzima muri Goma busharira kubera ko imiryango mpuzamahanga idashobora kwita ku baturage.

Ariko nubwo uyu muyobozi avuga ibyo, nyamara kuva M23 yafata umujyi wa Goma, abaturage babonye aho barambika umusaya nta nkomyi, ndetse kandi ibintu bikaba byarongeye gusubira mu buryo, kuko ibikorwa by’ubucuruzi biri gukorwa neza ndetse n’ibindi bikorwa byo mubundi buzima busanzwe.

Abaturage nabo ubwabo bakaba bavuga ko baruhutse nyuma y’uko uyu mujyi utakibarizwamo FDLR, Wazalendo n’ingabo za FARDC zabanyagaga ibyabo.

Ikindi n’uko ikibuga cy’indege cya Goma cyakoreshwaga na FARDC, MONUSCO n’imiryango mpuzamahanga, n’ibigo by’ubucuruzi byiganjemo iby’amahanga bikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tariki ya 26/01/2025, ni bwo M23 yatangaje ko ifunze ikirere cy’iki kibuga cy’indege cya Goma kubera ko ingabo za FARDC n’imitwe bafatanyije zagikoreshaga zihanyuza imbunda zicisha abasivile.

Mu gihe tariki ya 28/01/2025, uyu mutwe wemeje ku mugaragaragaro ko wafashe iki kibuga cy’indege cya Goma.

Kurundi ruhande, kuva uyu mutwe wabohoza umujyi wa Goma amatangazo ntasiba awusaba gufungura iki kibuga cy’indege cya Goma.

Tags: GomaIkibuga cy'indegeM23
Share66Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que des informations largement relayées sur les réseaux sociaux...

Read moreDetails

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru yavugaga ko abaturage ba Repubulika...

Read moreDetails

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Une enquête internationale...

Read moreDetails

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

RDC Mu Rujijo Nyuma y'Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Iperereza mpuzamahanga ryakozwe na Lighthouse Reports ku bufatanye na...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?