• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Paul Kagame yavuze ku by’amabuye y’agaciro igihugu cye gishinjwa kwiba.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2025
in World News
0
Perezida w’u Rwanda yagaye mugenzi we wa Afrika y’Epfo.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame yavuze ku by’amabuye y’agaciro igihugu cye gishinjwa kwiba.

You might also like

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko Afrika y’Epfo n’ibihugu bimwe byo ku mugabane w’u Burayi, ari byo byungukira cyane mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ibyo perezida Paul Kagame yagarutseho ahar’ejo tariki ya 03/02/2025, ubwo yarimo atanga ikiganiro kuri CNN.

Umunyamakuru w’iyi televisiyo ya CNN yateye ikibazo perezida w’u Rwanda agira ati: “Koko u Rwanda rukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Coltan muri RDC? Undi nawe amusubiza ko ibyo bihabanye n’ukuri ngo kuko u Rwanda rufite ibirombe rucukuramo ayo mabuye.

Kagame yanasabye uyu munyamakuru kuzaza akamwereka aho u Rwanda ruyacukura, yagize ati: “Ndagutumiye, uzaze nzakwereka aho ducukura Coltan.”

Hanyuma uyu munyamakuru yongeye kumubaza niba hari andi mabuye y’agaciro u Rwanda rwaba rucukura muri Congo nk’uko bikunze kugaragazwa n’abategetsi benshi b’i Kinshasa, perezida Kagame yahise asubiza ko abungukira muri ibyo bikorwa ari Afrika y’Epfo n’ibindi bihugu bitari u Rwanda.

Yagize ati: “Ibyo ntacyo mbiziho kubera ko icyo ntigishobora kuba ikibazo. Abantu bari kungukira muri ayo mabuye y’agaciro ya Congo kurusha undi uwo ari we wese ni Afrika y’Epfo n’abo Banyaburayi.”

Guverinoma y’u Rwanda igaragaza ko munsi y’ubutaka bwarwo harimo Toni miliyoni 112 z’amabuye y’agaciro y’ubwoko butandukanye, afite agaciro ka miliyari 154$ kandi ko ubushakashatsi bugikomeje.

Ni mu gihe kandi ubushakashatsi bwakozwe mu 2017, bwagaragaje ko mu Rwanda hari uduce 52 turimo amabuye y’agaciro, aho utugera kuri 37 twacukuwemo, ariko ko utundi 10 tutarigera ducukurwamo.

Iki gihugu cy’u Rwanda gifite amabuye y’agaciro mu butaka bwarwo atandukanye ndetse kuri ubu rufite n’inganda ziyatunganya zirimo urutunganya zahabu ndetse n’urutunganya Coltan.

Tags: Amabuye y'AgaciroCNNRdcRwanda
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate As the world continues to closely follow the relationship between international politics and the...

Read moreDetails

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umubano hagati ya politiki mpuzamahanga n’ubuyobozi bwa...

Read moreDetails

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera Amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran akomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya...

Read moreDetails

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya Umwuka w’ubushyamirane hagati ya Repubulika ya Kisilamu ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba mu Burasirazuba bwo Hagati, umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.

Iby'ikibuga cy'indege cya Goma byasabwe ko gifungurwa byihuse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?