• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.

You might also like

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yiyamye Abanye-Congo anatangaza ko atazi Congo icyaricyo, ngu sibye kuba aza yumva abantu benshi bayivamo bakinjira muri Amerika ari benshi.

Ni byo perezida Trump yagarutseho mu ntangiriro z’iki cyumweru, ubwo yasubizaga ibibazo by’abimukira mu kiganiro yagiranye na minisitiri w’intebe w’u Butaliyani Meloni Giorgia uri mu ruzinduko muri Amerika.

Muri icyo kiganiro, Trump yabwiye Meloni ko umubare munini w’abimukira bava muri Congo bajya muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ari mwinshi.
Avuga ko icyo gihugu gifungura abagizi banabi bakoherezwa muri iki gihugu cye ari benshi.

Yagize ati: “Urabizi bafunguye amagereza ku isi hose, barabarekuye, atari muri Amerika y’Epfo gusa, ku isi yose, Congo na Afrika, abantu benshi, benshi baturuka muri Congo, sinzi icyo ari cyo ariko baturutse muri Congo.”

Muri RDC, aho abaturage bugarijwe n’ibibazo by’u bukungu, Trump yongeye kubabaza mu gihe iki gihugu gishaka guha Amerika amabuye y’agaciro ubundi nayo ikayifasha kugarura amahoro n’ituze mu Burasizuba bwayo bwashegeshwe n’intambara.

Nyamara nubwo Trump aca amazi Repubulika ya demokarasi ya Congo, kubera iri mu bibazo by’ubukungu na politiki , ariko ni kimwe mu bihugu byiza ku isi, kandi gikungahaye ku mabuye y’agaciro nka Cobalt, Cooper na Lithium izwiho kuba ari ingenzi ku nganda zo ku isi, cyane izikoranabuhanga n’ingufu. Ariko kandi kubera imicungire mibi y’iyi mitungo ituma abanye-congo bakomeza gusuzugurwa no kuba mubukene.

Ikindi ni uko aya magambo ya Trump adatanduakanye cyane nayo akunze gutanga kuri Afrika. Mu kwezi gushize kwa gatatu, nabwo yavuze kuri Lesotho, avuga ko ari igihugu kitazwi, kandi anenga inkunga Amerika yohereza mu bihugu nk’ibyo.

Usibye n’ibyo yigeze no gutangaza ko yemera umuperezida umwe muri Afrika, avuga ko ari Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. Asobanura ko ari we wenyine muri Afrika wakoreye igihugu cye ibintu bigaragara. Abandi baperezida bo muri Afrika abakuba na zero.

Tags: AmerikaRdcYiyamye
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails
Next Post
Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?