• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yiyamye Abanye-Congo anatangaza ko atazi Congo icyaricyo, ngu sibye kuba aza yumva abantu benshi bayivamo bakinjira muri Amerika ari benshi.

Ni byo perezida Trump yagarutseho mu ntangiriro z’iki cyumweru, ubwo yasubizaga ibibazo by’abimukira mu kiganiro yagiranye na minisitiri w’intebe w’u Butaliyani Meloni Giorgia uri mu ruzinduko muri Amerika.

Muri icyo kiganiro, Trump yabwiye Meloni ko umubare munini w’abimukira bava muri Congo bajya muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ari mwinshi.
Avuga ko icyo gihugu gifungura abagizi banabi bakoherezwa muri iki gihugu cye ari benshi.

Yagize ati: “Urabizi bafunguye amagereza ku isi hose, barabarekuye, atari muri Amerika y’Epfo gusa, ku isi yose, Congo na Afrika, abantu benshi, benshi baturuka muri Congo, sinzi icyo ari cyo ariko baturutse muri Congo.”

Muri RDC, aho abaturage bugarijwe n’ibibazo by’u bukungu, Trump yongeye kubabaza mu gihe iki gihugu gishaka guha Amerika amabuye y’agaciro ubundi nayo ikayifasha kugarura amahoro n’ituze mu Burasizuba bwayo bwashegeshwe n’intambara.

Nyamara nubwo Trump aca amazi Repubulika ya demokarasi ya Congo, kubera iri mu bibazo by’ubukungu na politiki , ariko ni kimwe mu bihugu byiza ku isi, kandi gikungahaye ku mabuye y’agaciro nka Cobalt, Cooper na Lithium izwiho kuba ari ingenzi ku nganda zo ku isi, cyane izikoranabuhanga n’ingufu. Ariko kandi kubera imicungire mibi y’iyi mitungo ituma abanye-congo bakomeza gusuzugurwa no kuba mubukene.

Ikindi ni uko aya magambo ya Trump adatanduakanye cyane nayo akunze gutanga kuri Afrika. Mu kwezi gushize kwa gatatu, nabwo yavuze kuri Lesotho, avuga ko ari igihugu kitazwi, kandi anenga inkunga Amerika yohereza mu bihugu nk’ibyo.

Usibye n’ibyo yigeze no gutangaza ko yemera umuperezida umwe muri Afrika, avuga ko ari Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. Asobanura ko ari we wenyine muri Afrika wakoreye igihugu cye ibintu bigaragara. Abandi baperezida bo muri Afrika abakuba na zero.

Tags: AmerikaRdcYiyamye
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?