• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yamaze kwakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cy’i Doha muri Qatar, mu gihe umutwe urwanya ubutegetsi bwe uri kwigarurira uduce twinshi muri Kivu y’Amajyaruguru.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 05/1/2024 ni bwo umukuru w’igihugu cya RDC yakandagije ibirenge bye i Doha muri Qatar.

Perezidansi y’iki gihugu cya Congo yemeje aya makuru, inamenyesha ko “uruzinduko perezida Tshisekedi arimo rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi.”

Ati: “Uru ruzinduko rugamije gushimangira umubano wa RDC na Qatar.”

Igihe c’isaha z’iki gitondo, Tshisekedi yagiranye ibiganiro n’umuyobozi mukuru w’iki gihugu, ni biganiro bivugwa ko byabereye mu muhezo aho byabereye ku ngoro y’umwami.

Muri ibi biganiro, Tshisekedi yari kumwe na amabasaderi ya Congo muri Qatar.

Hagataho uru ruzinduko, Tshisekedi yarugize mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC.

Ahar’ejo umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi wigaruriye centre ya teritware ya Masisi ahazwi nko kuri Zone.

Si Centre ya Masisi yonyine uwo mutwe wigaruriye kuko wanigaruriye na gace ka Katale, Misumba, Kabingo, Lushebere n’utundi.

Binavugwa ko uyu mutwe ufite imbaraga zikubye inshuro enye iz’i ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Ndetse kandi muri iki gitondo hazindutse haba imirwano ikaba irimo kubera ahitwa Bitagata, ni mu gihe uyu mutwe ukomeje kuja imbere werekeza muri Walikale.

Tags: I DohaTshisekedi
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Israel igiye guhabwa intwaro za miliyari 8$.

Israel igiye guhabwa intwaro za miliyari 8$.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?