• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nama nto yabereye i Addis abeba, perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragaza ko atazaganira n’u mutwe wa M23.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo Patrick Muyaya.

Bwana Muyaya yavuze ko hakwiye kuvaho ibyo yise “ikinyoma, ikibi kika rwanywa, hakagaragara ukuri noneho hakavugwa ibijanye n’amahoro.”

Ibi, umuvugizi wa leta ya Kinshasa, akaba na minisitiri w’itumanaho yabivuze ashaka kunoza ijambo perezida Félix Tshisekedi yavugiye mu Nama ya bereye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari mu biganiro imbona nkubone na Tshisekedi wari wararahiye ko atazongera ku mucya iryera. Ibi yabivuze ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC.

Bikavugwa ko iyo Nama ya yobowe na perezida wa Angola João Lourenço, wanaje no gusezeranya ko hazaba ikindi cyicaro gihuza perezida w’u Rwanda n’uwa Congo.

Muri iyo Nama perezida Félix Tshisekedi yavuze ku bintu birenze bibiri, yavuze ko “intambara yo gutera Congo itacuriwe muri RDC. Avuga ko iyo ntambara igamije gusahura igihugu n’imitungo y’igihugu cye ngo ikazamura u Rwanda n’abarutera inkunga.”

Ikindi perezida Félix Tshisekedi yavuze ngo n’uko u Rwanda rushaka kwigira umurinzi w’u bwoko butuye mu kindi gihugu.

Ibi byasobanuwe na Patrick Muyaya wahezaga itangaza makuru inkuru ku byo perezida Félix Tshisekedi yavuzeho. Yasoje avuga ko Tshisekedi yongeye gushimangira ko “atazigera aganira na M23.”

Tu bibutseko ko muriyo Nama nto yitabiriwe na perezida Félix Tshisekedi, William Ruto wa Kenya, Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, Evariste Ndayishimiye, Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida wa Angola wari unayoyoboye.

Uy’u munsi hakaba hakomeje kuba i Nama igira iya 37 ihuza abakuru bi bihugu byo mu muryango w’Afrika yunze ubumwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Avuga akari ku mutimaI Addis Ababa EthiopiaImbona nkubonePaul Kagame w'u RwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy'indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?