• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nama nto yabereye i Addis abeba, perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragaza ko atazaganira n’u mutwe wa M23.

You might also like

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga

N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo Patrick Muyaya.

Bwana Muyaya yavuze ko hakwiye kuvaho ibyo yise “ikinyoma, ikibi kika rwanywa, hakagaragara ukuri noneho hakavugwa ibijanye n’amahoro.”

Ibi, umuvugizi wa leta ya Kinshasa, akaba na minisitiri w’itumanaho yabivuze ashaka kunoza ijambo perezida Félix Tshisekedi yavugiye mu Nama ya bereye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari mu biganiro imbona nkubone na Tshisekedi wari wararahiye ko atazongera ku mucya iryera. Ibi yabivuze ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC.

Bikavugwa ko iyo Nama ya yobowe na perezida wa Angola João Lourenço, wanaje no gusezeranya ko hazaba ikindi cyicaro gihuza perezida w’u Rwanda n’uwa Congo.

Muri iyo Nama perezida Félix Tshisekedi yavuze ku bintu birenze bibiri, yavuze ko “intambara yo gutera Congo itacuriwe muri RDC. Avuga ko iyo ntambara igamije gusahura igihugu n’imitungo y’igihugu cye ngo ikazamura u Rwanda n’abarutera inkunga.”

Ikindi perezida Félix Tshisekedi yavuze ngo n’uko u Rwanda rushaka kwigira umurinzi w’u bwoko butuye mu kindi gihugu.

Ibi byasobanuwe na Patrick Muyaya wahezaga itangaza makuru inkuru ku byo perezida Félix Tshisekedi yavuzeho. Yasoje avuga ko Tshisekedi yongeye gushimangira ko “atazigera aganira na M23.”

Tu bibutseko ko muriyo Nama nto yitabiriwe na perezida Félix Tshisekedi, William Ruto wa Kenya, Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, Evariste Ndayishimiye, Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida wa Angola wari unayoyoboye.

Uy’u munsi hakaba hakomeje kuba i Nama igira iya 37 ihuza abakuru bi bihugu byo mu muryango w’Afrika yunze ubumwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Avuga akari ku mutimaI Addis Ababa EthiopiaImbona nkubonePaul Kagame w'u RwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru Abakuru b’Ibihugu na za...

Read moreDetails

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari umuvugizi w’igisirikare cy’ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga

RDC Yaburiye Isi ku Ngorane Zishobora Guhungabanya Ubukungu Mpuzamahanga Minisitiri wa Leta ushinzwe Ubucuruzi n’Amahanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Julien Paluku Kahongya, yagaragaje impungenge zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya urugendo i Paris mu Bufaransa...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy'indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?