Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nama nto yabereye i Addis abeba, perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragaza ko atazaganira n’u mutwe wa M23.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo Patrick Muyaya.

Bwana Muyaya yavuze ko hakwiye kuvaho ibyo yise “ikinyoma, ikibi kika rwanywa, hakagaragara ukuri noneho hakavugwa ibijanye n’amahoro.”

Ibi, umuvugizi wa leta ya Kinshasa, akaba na minisitiri w’itumanaho yabivuze ashaka kunoza ijambo perezida Félix Tshisekedi yavugiye mu Nama ya bereye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari mu biganiro imbona nkubone na Tshisekedi wari wararahiye ko atazongera ku mucya iryera. Ibi yabivuze ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC.

Bikavugwa ko iyo Nama ya yobowe na perezida wa Angola João Lourenço, wanaje no gusezeranya ko hazaba ikindi cyicaro gihuza perezida w’u Rwanda n’uwa Congo.

Muri iyo Nama perezida Félix Tshisekedi yavuze ku bintu birenze bibiri, yavuze ko “intambara yo gutera Congo itacuriwe muri RDC. Avuga ko iyo ntambara igamije gusahura igihugu n’imitungo y’igihugu cye ngo ikazamura u Rwanda n’abarutera inkunga.”

Ikindi perezida Félix Tshisekedi yavuze ngo n’uko u Rwanda rushaka kwigira umurinzi w’u bwoko butuye mu kindi gihugu.

Ibi byasobanuwe na Patrick Muyaya wahezaga itangaza makuru inkuru ku byo perezida Félix Tshisekedi yavuzeho. Yasoje avuga ko Tshisekedi yongeye gushimangira ko “atazigera aganira na M23.”

Tu bibutseko ko muriyo Nama nto yitabiriwe na perezida Félix Tshisekedi, William Ruto wa Kenya, Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, Evariste Ndayishimiye, Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida wa Angola wari unayoyoboye.

Uy’u munsi hakaba hakomeje kuba i Nama igira iya 37 ihuza abakuru bi bihugu byo mu muryango w’Afrika yunze ubumwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Avuga akari ku mutimaI Addis Ababa EthiopiaImbona nkubonePaul Kagame w'u RwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy'indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?