• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, November 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 3, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

You might also like

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu cye.

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abaturage b’Abanye-Congo baba mu Misiri, cyabereye i Cairo.

Mu ijambo rye, Tshisekedi yavuze ko u Rwanda, na Kagame, bafite intego yo gucamo RDC ibice no kwiyomekaho u Burasirazuba bw’igihugu bufite ubutaka bukize ku mabuye y’agaciro n’u buhinzi.

Yagize ati: “Afite intego yo gucamo igihugu ibice no kucyigarurira, ndetse akaba yakwiyomekaho igice cy’u Burasirazuba.”

U Rwanda rwakomeje guhakana ibi birego, rushingira ku kuba nta mugambi rufite wo gusahura cyangwa kwiyomekaho igice cya RDC. Ni ibirego Perezida Tshisekedi amaze iminsi asubiramo kenshi, cyane cyane mu bihe by’ubushyamirane bw’ingabo za RDC na M23.

Ibi ariko si ubwa mbere perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda ibi birego. U Rwanda rwo rwakomeje kubihakana, ruvuga ko nta mugambi rufite wo gusahura RDC cyangwa kwiyomekaho igice cyayo.

Perezida Tshisekedi yanavuze ko mugenzi we w’u Rwanda yanze kwitabira umuhango wo gusinya amasezerano y’i Luanda, ibyo bikaba byaranatumye ibiganiro bihagarara nta musaruro bitanze. Ariko icyo gihe perezida Kagame, ku ruhande rwe, yavuze ko atajyayo kubera “imyitwarire” idakwiye ya Leta ya Congo.

Ibi bibaye mu gihe ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano y’amahoro, ariko hakibazwa ku bushake bwo kuyashyira mu bikorwa.

Biteganyijwe ko perezida Tshisekedi na Kagame bazahurira i Washington DC, bakakirwa na perezida Donald Trump, mu biganiro bigamije kwimakaza amahoro n’ubufatanye mu bukungu hagati y’u Rwanda na RDC.

Tags: BalkanisationIbiceRdcTahisekedi
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
1
AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu  Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy'indege cya Goma Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa, ryamaganye u Bufaransa bwayisabye gufungura ikibuga...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

RDC yemeye gusinya amasezerano abiri y'amahoro nyuma y'igihe kirekire yigiza nkana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?