• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 3, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu cye.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abaturage b’Abanye-Congo baba mu Misiri, cyabereye i Cairo.

Mu ijambo rye, Tshisekedi yavuze ko u Rwanda, na Kagame, bafite intego yo gucamo RDC ibice no kwiyomekaho u Burasirazuba bw’igihugu bufite ubutaka bukize ku mabuye y’agaciro n’u buhinzi.

Yagize ati: “Afite intego yo gucamo igihugu ibice no kucyigarurira, ndetse akaba yakwiyomekaho igice cy’u Burasirazuba.”

U Rwanda rwakomeje guhakana ibi birego, rushingira ku kuba nta mugambi rufite wo gusahura cyangwa kwiyomekaho igice cya RDC. Ni ibirego Perezida Tshisekedi amaze iminsi asubiramo kenshi, cyane cyane mu bihe by’ubushyamirane bw’ingabo za RDC na M23.

Ibi ariko si ubwa mbere perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda ibi birego. U Rwanda rwo rwakomeje kubihakana, ruvuga ko nta mugambi rufite wo gusahura RDC cyangwa kwiyomekaho igice cyayo.

Perezida Tshisekedi yanavuze ko mugenzi we w’u Rwanda yanze kwitabira umuhango wo gusinya amasezerano y’i Luanda, ibyo bikaba byaranatumye ibiganiro bihagarara nta musaruro bitanze. Ariko icyo gihe perezida Kagame, ku ruhande rwe, yavuze ko atajyayo kubera “imyitwarire” idakwiye ya Leta ya Congo.

Ibi bibaye mu gihe ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano y’amahoro, ariko hakibazwa ku bushake bwo kuyashyira mu bikorwa.

Biteganyijwe ko perezida Tshisekedi na Kagame bazahurira i Washington DC, bakakirwa na perezida Donald Trump, mu biganiro bigamije kwimakaza amahoro n’ubufatanye mu bukungu hagati y’u Rwanda na RDC.

Tags: BalkanisationIbiceRdcTahisekedi

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

RDC yemeye gusinya amasezerano abiri y'amahoro nyuma y'igihe kirekire yigiza nkana

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?