• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yikomanze ku gatuza agaragaza uburyo perezida Kagame amutinya.

minebwenews by minebwenews
December 27, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yikomanze ku gatuza agaragaza uburyo perezida Kagame amutinya.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yikomanze ku gatuza agaragaza uburyo perezida Kagame amutinya.

You might also like

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame amutinya.

Ni ubwo yari i Bujimayi mu Ntara ya Kansai y’iburasirazuba, tariki ya 26/12/2024.

Muri uru ruzinduko, Tshisekedi yari kumwe n’umugore we, Denise Nyakeru, nk’uko asanzwe abikora uyu mukuru w’igihugu yongeye kwibasira u Rwanda na perezida warwo Paul Kagame.

Yavuze ko mbere y’uko inama ye na perezida Paul Kagame isubikwa yari azi neza ko mugenzi we w’u Rwanda atazayitabira, ngo kuko atatinyuka kurebana na we mu maso.

Inama Tshisekedi avuga yasubiswe, n’iyari kubahuriza na Kagame i Luanda muri Angola tariki ya 15/12/2024. Tshisekedi we yaje kwerekeza yo, nubwo iyo nama yari yamaze gusubikwa.

Tshisekedi yagize ati: “Ubwo najyaga i Luanda, nari mbizi ko uriya mutipe(Kagame) atari buze . Akunze kumpunga. Arantinya, ntabwo ashobora kundeba mu maso. Iyo duhuye mureba mu maso, hanyuma we akareba ahandi.”

Nyamara ngw’ibyatangajwe na Tshisekedi, Abanyekongo benshi barabinenze, bunga ibyo perezida Paul Kagame w’u Rwanda yigeze kuvuga ko Tshisekedi ashoboye byose usibye kugenzura ingaruka z’ibyo avuga.”

Aha i Bujimayi kandi Tshisekedi yigambye ko ingabo ze zikomeje gukubita umwanzi bahanganye mu ntambara ibera muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko nubwo avuga ibyo, kugeza uyu munsi nta gace na kamwe ihuriro ry’Ingabo ze zari zambura umutwe wa M23 nubwo iryo huriro rigizwe n’ingabo nyinshi, izirimo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Abacanshuro, SADC na Wazalendo, ndetse kuri ubu no gukoresha indege z’intambara za Sukhoï-25 nta cyo bifasha iri huriro rirwanirira Leta ya Tshisekedi.

M23 yo ikomeje kwigarurira uduce twinshi two muri za teritware ya Masisi, Lubero, Walikale n’ahandi tugenzurwa n’ingabo za RDC

Tags: AramutinyaKagameTshisekedi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.

Umusirikare wa FARDC watumwe mu Minembwe, yigambye ku zica Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?