• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yikomanze ku gatuza agaragaza uburyo perezida Kagame amutinya.

minebwenews by minebwenews
December 27, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yikomanze ku gatuza agaragaza uburyo perezida Kagame amutinya.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yikomanze ku gatuza agaragaza uburyo perezida Kagame amutinya.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame amutinya.

Ni ubwo yari i Bujimayi mu Ntara ya Kansai y’iburasirazuba, tariki ya 26/12/2024.

Muri uru ruzinduko, Tshisekedi yari kumwe n’umugore we, Denise Nyakeru, nk’uko asanzwe abikora uyu mukuru w’igihugu yongeye kwibasira u Rwanda na perezida warwo Paul Kagame.

Yavuze ko mbere y’uko inama ye na perezida Paul Kagame isubikwa yari azi neza ko mugenzi we w’u Rwanda atazayitabira, ngo kuko atatinyuka kurebana na we mu maso.

Inama Tshisekedi avuga yasubiswe, n’iyari kubahuriza na Kagame i Luanda muri Angola tariki ya 15/12/2024. Tshisekedi we yaje kwerekeza yo, nubwo iyo nama yari yamaze gusubikwa.

Tshisekedi yagize ati: “Ubwo najyaga i Luanda, nari mbizi ko uriya mutipe(Kagame) atari buze . Akunze kumpunga. Arantinya, ntabwo ashobora kundeba mu maso. Iyo duhuye mureba mu maso, hanyuma we akareba ahandi.”

Nyamara ngw’ibyatangajwe na Tshisekedi, Abanyekongo benshi barabinenze, bunga ibyo perezida Paul Kagame w’u Rwanda yigeze kuvuga ko Tshisekedi ashoboye byose usibye kugenzura ingaruka z’ibyo avuga.”

Aha i Bujimayi kandi Tshisekedi yigambye ko ingabo ze zikomeje gukubita umwanzi bahanganye mu ntambara ibera muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko nubwo avuga ibyo, kugeza uyu munsi nta gace na kamwe ihuriro ry’Ingabo ze zari zambura umutwe wa M23 nubwo iryo huriro rigizwe n’ingabo nyinshi, izirimo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Abacanshuro, SADC na Wazalendo, ndetse kuri ubu no gukoresha indege z’intambara za Sukhoï-25 nta cyo bifasha iri huriro rirwanirira Leta ya Tshisekedi.

M23 yo ikomeje kwigarurira uduce twinshi two muri za teritware ya Masisi, Lubero, Walikale n’ahandi tugenzurwa n’ingabo za RDC

Tags: AramutinyaKagameTshisekedi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.

Umusirikare wa FARDC watumwe mu Minembwe, yigambye ku zica Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?