• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, December 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida William Ruto yasabye urubyiruko rwa Kenya gushinga ingo aho gupfusha ubuzima ubusa mu tubari

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 1, 2025
in Regional Politics
0
Perezida William Ruto yasabye urubyiruko rwa Kenya gushinga ingo aho gupfusha ubuzima ubusa mu tubari
63
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida William Ruto yasabye urubyiruko rwa Kenya gushinga ingo aho gupfusha ubuzima ubusa mu tubari

You might also like

RDC: Abayobozi barenga 100 berekeje muri Amerika ku masezerano y’amahoro n’u Rwanda

RDC: Leta ya Kinshasa yongeye gushimangira ivuga ikizatuma yemera ibiganiro n’amahoro

Bintou Keita, Intumwa ya LONI muri RDC, Yasezeye ku Mirimo Ahita Ajya mu Kiruhuko cy’Izabukuru”

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasabye urubyiruko cyane cyane abasore barengeje imyaka 25 gutangira gutekereza ku gushinga ingo, aho gukomeza kubaho ubuzima budafite icyerekezo, burangwa no kuzenguruka mu tubari n’imyidagaduro idafite umumaro.

Ibi Perezida Ruto yabivugiye mu kiganiro kigamije gushishikariza urubyiruko kugira uruhare mu kubaka ejo hazaza heza, aho yagaragaje impungenge ku mico ikomeje gukura mu rubyiruko irimo kudashaka kurushinga, ubunebwe n’ihuzagurikana ry’imibereho.

Yagize ati: “Hari igihe umuntu agomba gufata icyemezo. Iyo ufite imyaka 25 cyangwa urengeje, ntukwiye gukomeza kwirirwa wiburira inzira mu tubyiniro. Ni igihe cyo gutekereza ku rugo, kubaka ejo hazaza no gufata inshingano nk’umugabo nyawe.”

Ruto yavuze ko igihugu cyifuza urubyiruko rufite icyerekezo, rufite indangagaciro, kandi rwiyemeje gutanga umusanzu mu iterambere ry’igihugu, aho gukomeza kwiyandarika mu ngeso zidafite umumaro.

Yagarutse no ku kamaro ko gushinga urugo, avuga ko biri mu bituma umuntu akura mu mitekerereze, akagira inshingano kandi bikamwigisha kubana, kubaka no gutekereza ku hazaza h’abandi.

Iyi nyigisho ije mu gihe ibihugu byinshi byo muri Afurika bikomeje kugira impungenge ku buryo urubyiruko rutita ku nshingano z’ubuzima bwite no kurushinga, bikagira ingaruka ku mibanire, uburere bw’abana n’iterambere rusange.

Perezida Ruto yasabye inzego zose zirebwa n’iterambere ry’urubyiruko gutanga ubutumwa nk’ubu, buharanira kugarura indangagaciro z’umuco, gukunda umuryango no kwirinda kwigana imico itajyanye n’icyerekezo cy’abanyafurika.

Tags: RutoUrubyiruko
Share25Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Abayobozi barenga 100 berekeje muri Amerika ku masezerano y’amahoro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
RDC: Abayobozi barenga 100 berekeje muri Amerika ku masezerano y’amahoro n’u Rwanda

RDC: Abayobozi barenga 100 berekeje muri Amerika ku masezerano y’amahoro n’u Rwanda Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo i Washington D.C., muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hateranire...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa yongeye gushimangira ivuga ikizatuma yemera ibiganiro n’amahoro

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Perezida Tshisekedi yasobanuriye Abanye-Congo baba muri Serbie ibyerekeye Amasezerano ya Washington

RDC: Leta ya Kinshasa yongeye gushimangira ivuga ikizatuma yemera ibiganiro n'amahoro Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje imyanzuro ikarishye ijyanye n’umutekano n’imibanire n’imitwe yitwaje intwaro, cyane...

Read moreDetails

Bintou Keita, Intumwa ya LONI muri RDC, Yasezeye ku Mirimo Ahita Ajya mu Kiruhuko cy’Izabukuru”

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Bintou Keita, Intumwa ya LONI muri RDC, Yasezeye ku Mirimo Ahita Ajya mu Kiruhuko cy’Izabukuru”

"Bintou Keita, Intumwa ya LONI muri RDC, Yasezeye ku Mirimo Ahita Ajya mu Kiruhuko cy’Izabukuru" Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO)...

Read moreDetails

Washington guhuza perezida Kagame na Tshisekedi mu bihe bitoroshye

by Bahanda Bruce
November 29, 2025
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Washington guhuza perezida Kagame na Tshisekedi mu bihe bitoroshye Inama yitezwe tariki ya 04/12/2025 hagati ya Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na mugenzi we...

Read moreDetails

Che Guevara wa FDLR Yasobanuye Ubufatanye bwa FDLR na FARDC mu Bucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro

by Bahanda Bruce
November 29, 2025
0
Che Guevara wa FDLR Yasobanuye Ubufatanye bwa FDLR na FARDC mu Bucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro

Che Guevara wa FDLR Yasobanuye Ubufatanye bwa FDLR na FARDC mu Bucuruzi bw’Amabuye y’Agaciro Lt Col Mpakaniye Emilien, uzwi nka Che Guevara Jacob mu mutwe wa FDLR, yatanze...

Read moreDetails
Next Post
Umudepite mu Nteko ya RDC yamaganye amagambo ya minisitiri Muyaya wasuzuguye Kivu y’Amajyepfo n’iyAmajyaruguru

Umudepite mu Nteko ya RDC yamaganye amagambo ya minisitiri Muyaya wasuzuguye Kivu y’Amajyepfo n’iyAmajyaruguru

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?