• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2025
in Conflict & Security
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

You might also like

MRDP–Twirwaneho Yakiriye Aba-Cadre Bashya, Igaragaza Kwagura Umusingi wa Politiki n’Ubwitabire bw’Abaturage mu Burasirazuba bwa RDC

RDC: Impaka ku Muyobozi wo mu Biro bya Perezida Wagaragaje Amamiliyoni y’Amadolari mu Nzu ye

AFC/M23 Yahagaritse by’Agateganyo Umuyobozi Mukuru mu Biro Byayo byo mu Burasirazuba bwa RDC

Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y’amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo, bigaragaza ko igifite kugaba ibitero mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge.

Byatangajwe n’umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka, aho yabinyujije kurubuga rwa x, agira ati: “Mu gihe buri wese ahugiye ku gusobanukirwa amahame aganisha ku masezerano y’amahoro, ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bukomeje kohereza abasirikare bayo n’intwaro ziremereye mu bice byinshi bituwe cyane. Ziri kongera kandi ibitero mu mu misozi ya Uvira bugambiriye gutera ahatuwe n’Abanyamulenge mu Rurambo.”

Uyu muvugizi avuga ko ibyo bitero birimo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo, ngo bikaba bigira ingaruka zo kugwamo umubare munini wa basivili, ndetse kandi bikanatuma ibintu birushaho kuba bibi no kugira ingaruka ku bantu benshi.

Mu byumweru bibiri bishize, perezida Felix Tshisekedi yategetse ko hoherezwa abasirikare 60.000 mu Burasirazuba bwa Congo mu byafashwe nko kwitegura intambara yo kongera kwisubiza imijyi ya Bukavu na Goma igenzurwa na AFC/M23.

Ibi rero byamaganywe na AFC/M23 , ivuga ko iki cyemezo Leta yafashe gishyira mukaga ubuzima bw’abaturage, kandi ko ari nko kwibasira inyoko muntu.

Umuvugizi wa AFC/M23 yanasobanuye ko ingabo za Congo zimwe zoherejwe mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo, nanone ngo izindi zoherezwa mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: AbanyamulengeIbiteroRdc
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

MRDP–Twirwaneho Yakiriye Aba-Cadre Bashya, Igaragaza Kwagura Umusingi wa Politiki n’Ubwitabire bw’Abaturage mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
MRDP–Twirwaneho Yakiriye Aba-Cadre Bashya, Igaragaza Kwagura Umusingi wa Politiki n’Ubwitabire bw’Abaturage mu Burasirazuba bwa RDC

MRDP–Twirwaneho Yakiriye Aba-Cadre Bashya, Igaragaza Kwagura Umusingi wa Politiki n’Ubwitabire bw’Abaturage mu Burasirazuba bwa RDC Umutwe wa politiki n’igisirikare wa MRDP–Twirwaneho ukorera mu misozi miremire y’i Mulenge, mu...

Read moreDetails

RDC: Impaka ku Muyobozi wo mu Biro bya Perezida Wagaragaje Amamiliyoni y’Amadolari mu Nzu ye

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Icyuho mu Miyoborere n’Imiterere y’Urugamba rw’Amakuru muri RDC

RDC: Impaka ku Muyobozi wo mu Biro bya Perezida Wagaragaje Amamiliyoni y’Amadolari mu Nzu ye Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n’ibibazo bikomeye by’imiyoborere...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahagaritse by’Agateganyo Umuyobozi Mukuru mu Biro Byayo byo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 20, 2026
0
AFC/M23 Yahagaritse by’Agateganyo Umuyobozi Mukuru mu Biro Byayo byo mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yahagaritse by’Agateganyo Umuyobozi Mukuru mu Biro Byayo byo mu Burasirazuba bwa RDC Mu rwego rwo gukomeza gushyira imbaraga mu miyoborere inoze no kubungabunga isura n’imikorere byayo, ihuriro...

Read moreDetails

Ihohoterwa Rikorerwa Abaturage i Kinshasa Rikomeje Guteza Impagarara

by Bahanda Bruce
March 19, 2026
0
Ihohoterwa Rikorerwa Abaturage i Kinshasa Rikomeje Guteza Impagarara

Ihohoterwa Rikorerwa Abaturage i Kinshasa Rikomeje Guteza Impagarara Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, hongeye kuvugwa inkuru iteye impungenge y’ihohoterwa rikorerwa abaturage n’abagomba kubarinda,...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yasubije Ibitero bya FARDC mu buryo bukomeye, Yigarurira Imyanya Ikomeye mu bice bya Uvira

by Bahanda Bruce
March 18, 2026
0
AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yasubije Ibitero bya FARDC mu buryo bukomeye, Yigarurira Imyanya Ikomeye mu bice bya Uvira Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutekano ukomeje kuzamba, aho...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?