Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 21, 2025
in Conflict & Security
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

You might also like

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majywi y’abashaka kwica Tshisekedi.

Avugwa ku ngabo za RDC zigikomeje guhunga, nyuma yo gukubitwa na Twirwaneho mu Rurambo.

Ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu biro bya perezida Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y’amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo, bigaragaza ko igifite kugaba ibitero mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge.

Byatangajwe n’umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka, aho yabinyujije kurubuga rwa x, agira ati: “Mu gihe buri wese ahugiye ku gusobanukirwa amahame aganisha ku masezerano y’amahoro, ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bukomeje kohereza abasirikare bayo n’intwaro ziremereye mu bice byinshi bituwe cyane. Ziri kongera kandi ibitero mu mu misozi ya Uvira bugambiriye gutera ahatuwe n’Abanyamulenge mu Rurambo.”

Uyu muvugizi avuga ko ibyo bitero birimo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo, ngo bikaba bigira ingaruka zo kugwamo umubare munini wa basivili, ndetse kandi bikanatuma ibintu birushaho kuba bibi no kugira ingaruka ku bantu benshi.

Mu byumweru bibiri bishize, perezida Felix Tshisekedi yategetse ko hoherezwa abasirikare 60.000 mu Burasirazuba bwa Congo mu byafashwe nko kwitegura intambara yo kongera kwisubiza imijyi ya Bukavu na Goma igenzurwa na AFC/M23.

Ibi rero byamaganywe na AFC/M23 , ivuga ko iki cyemezo Leta yafashe gishyira mukaga ubuzima bw’abaturage, kandi ko ari nko kwibasira inyoko muntu.

Umuvugizi wa AFC/M23 yanasobanuye ko ingabo za Congo zimwe zoherejwe mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo, nanone ngo izindi zoherezwa mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: AbanyamulengeIbiteroRdc
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majywi y’abashaka kwica Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majwi y'abashaka kwica Tshisekedi. Vital Kamerhe uyoboye inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuzwe mu bantu bashakaga...

Read moreDetails

Avugwa ku ngabo za RDC zigikomeje guhunga, nyuma yo gukubitwa na Twirwaneho mu Rurambo.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo, zikizwa n’amaguru.

Avugwa ku ngabo za RDC zigikomeje guhunga, nyuma yo gukubitwa na Twirwaneho mu Rurambo. Amakuru aturuka mu Rurambo ho mu misozi ya Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo,...

Read moreDetails

Ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu biro bya perezida Tshisekedi ararira ayo kwarika.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu biro bya perezida Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu biro bya perezida Tshisekedi ararira ayo kwarika. Umusirikare ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu biro bya perezida Felix Tshisekedi muri Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Ibyabaye ku ngabo z’u Burundi na FARDC mu gitero zagabye mu Rurambo ni agahomeramunwa.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

Ibyabaye ku ngabo z'u Burundi na FARDC mu gitero zagabye mu Rurambo ni agahomeramunwa. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gitero zagabye ku Banyamulenge mu...

Read moreDetails

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga. Impunzi z'Abanye-Congo zahungiye mu Burundi, guverinoma y'iki gihugu igafafa icyemezo cyo kuzimurira mu nkambi ya Rugombo,...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?