Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“RDC iri hafi guturika,” ibivugwa na Joseph Kabila.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 24, 2025
in Regional Politics
0
“RDC iri hafi guturika,” ibivugwa na Joseph Kabila.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“RDC iri hafi guturika,” ibivugwa na Joseph Kabila.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko iki gihugu cyabo kiri hafi guturika ngo kubera intambara iri kukiberamo imbere, ndetse ko ishobora no gufatira akarere kose.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ikinyamakuru cya Sunday Times cyo muri Afrika y’Epfo, aho cyatangaje ko Joseph Kabila aheruka kuvuga ko ibintu muri RDC bikomeje kuba bibi cyane.

Cyagize kiti: “Ibintu muri Congo byarushijeho kuba bibi cyane. Kugeza aho igihugu kiri hafi guturika kubera intambara y’imbere, ishobora no guhungabanya akarere kose.”

Cyongeyeho kandi ko Kabila yavuze ngo “niba aya makimbirane n’imizi yayo bidakemuwe neza, umuhate wo kuyarangiza uzaba imfabusa.”

Joseph Kabila avuga ko impamvu nyamukuru y’iki kibazo ari “ubushake buboneka bwa Leta iriho bwo kwica amasezerano yavuye mu biganiro byahuje Abanye-Congo i San City bikageza ku itegeko nshinga ryatewe mu 2006.”

Kabila kandi yashimangiye ibi avuga ko “kugerageza kose kurangiza iki kibazo wirengagije imizi yacyo, ntibizageza ku mahoro arambye.”

Kinshasa ntacyo irasubiza kubyatangajwe na Joseph Kabila, ariko ubu butegetsi bumushinja gutera inkunga umutwe wa m23 uwo uhanganye n’ubu butegetsi ukaba ugenzura intara ya Kivu y’Epfo n’i Yaruguru.

Perezida Tshisekedi yagiye ku butegetsi asimbuye Joseph Kabila mu mwaka w’2019. Kuva icyo gihe imirwano yahise yaduka rugikubita kugeza n’uyu munsi.

Abasesenguzi benshi bemeza ko Tshisekedi yanze gukurikiza amasezerano y’ibanga yagiranye na Joseph Kabila mbere yo kumusimbura. Bikaba biri mubyatumye ingoma ye igira ibibazo bikomeye by’intambara.

Mu cyumweru gishize, yanatangaje ko agiye kuvugurura igisirikare cye, kugira ngo akomeze ahangane n’umutwe wa m23 kuri ubu ugenzura ibice byinshi byo mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Tags: JosephKabilaRdc
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
“Tuzafatanya na M23,” ibyavuzwe n’uyoboye Twirwaneho, Brig.Gen.Sematama uzwi nk’Intare-batinya.

Twirwaneho yinjiye mu rugamba rundi nyuma yuko yirwanagaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?