• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Mutamba mu mazi abira nyuma yo gushinjwa ibindi byaha.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Mutamba mu mazi abira nyuma yo gushinjwa ibindi byaha.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Mutamba mu mazi abira nyuma yo gushinjwa ibindi byaha.

You might also like

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo

Umushinjacyaha w’urukiko rusesa imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Firmin Mvonde, yasubiye gusaba inteko ishinga amategeko uburenganzira bwo gukurikirana minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba nyuma y’aho kandi yari aheruka gushinjwa kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika.

Mvonde yahamije ko ibyavuzwe na Mutamba tariki ya 26/05/2025, ubwo yaganiraga n’abakozi ba minisiteri y’ubutabera bihamya ko afite ibyaha bikomeye muri iki gihugu.

Kur’iyo tariki yavuzwe haruguru, ubwo Mutamba yarimo asobanurira abo muri minisiteri y’ubutabera, yageze aho agenera Umushinjacyaha w’urukiko rusesa imanza, Firmin Mvonde, ubutumwa bugira buti: “Mumubwire ko yahoze mu itsinda ry’abashyigikiye Joseph Kabila, ry’aba-mafia. Yashatse kunsebya no kumparabika. Mubabwire ko Imana yabakura mbere banjye iruta iyabo. Mubabwire muti ‘sintinya gufungurwa, nditeguye.’ Bavuze ko nahungiye muri Tanzania. Mubabwire ko naje hano i Kinshasa, ku ngoro y’ubutabera kugira ngo duhangane.”

Minisitiri w’ubutabera ushinjwa ibyo byaha, yavuze ko uyu mushinjacyaha Mvonde ari gukorwaho iperereza kubera inzu afite y’agaciro k’ibihimbi 900 by’amayero yubatse mu Bubiligi, bityo ko adafite ububasha bwo kumukurikirana mu gihe ibye bitarabinerwa igisubizo.

Umushinjacyaha Mvonde ni bwo yahise amenyesha inteko ishinga amategeko ko muri iri jambo rya minisitiri Mutamba, hari aho yavuze ko minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluku, ko ari umuntu ushobora gutanga ikiguzi cyose kugira ngo abo badahuje bose bapfe.

Mutamba kuri ubu akaba arimo gushinjwa ibindi byaha birimo ko yasuzuguye urwego rw’igihugu, agerageza gutera ubwoba abakozi barwo. Yasabye inteko kumuha uburenganzira kugira ngo akurikirane uyu mutegetsi.

Byatumye tariki ya 29/05/2025, minisitiri Mutamba yamburwa ubudahangarwa kugira ngo akurikiranweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’amadolari yari yarateganyijwe kubaka gereza y’i Kisangani.

Uku kwa mburwa ubudahangarwa kwakozwe kuri Mutamba, byavuye ku busabe bw’Umushinjacyaha Mvonde. Kuri ubu biteganyijwe ko atangira gukurikiranwa n’ubutabera bw’iki gihugu cya RDC.

Tags: IbyahaKinshasaMu mazi abiraMutamba
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy'ihuriro ry'ingabo za Congo, ariko...

Read moreDetails

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y'urupfu n'umupfumu Brigadier General Olivier Gasita woherejwe na perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo

FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyatangaje ko nubwo gikorana na Wazalendo, kidafite ububasha bwo kuyigenzura kandi ko yahawe intwaro na...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Bibogo umwe mu ntwari zarwanye intambara zikomeye mu Mibunda

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Bibogo umwe mu ntwari zarwanye intambara zikomeye mu Mibunda

Ibyo wa menya kuri Bibogo umwe mu ntwari zarwanye intambara zikomeye mu Mibunda Bibogo Simiyoni n'umwe mu bagabo b'intwari babayeho mu Banyamulenge, kandi banarwanye n'intambara ziremereye i Mulenge...

Read moreDetails

Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge

Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge. Byishimo Patrick, who is in the hills of Mulenge, explained that the Congolese...

Read moreDetails
Next Post
Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.

Ibi byo ntibisanzwe, Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda bikomeye, atangaza n'ibyago byenda kuba mu karere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?